Umuririmbyi ndetse kaba n’umujyana wa Perezida wa Big Talent Entertainment Eddy Kenzo mu byerekeye abahanzi, aho yagaragaje akababaro ke nyuma y’uko havuzwe ko yagiranye amakimbirane ba Bebe Cool mu gihe cy’amatora yaherukaga kuba. Umuyobozi wa Big Entertainment Kenzo, ...
Rickman Manrick yagarukanye itandukaniro ugereranyije n’abakobwa bo mu gihugu cya Suwede, aho bivugwa ko yakurikiye, abakobwa bo muri Uganda, cyane cyane i Kampala, mu bijyanye no gukundana, amafaranga, n’ibyifuzo mu rukundo. Mu kiganiro yagiranye na Flavia Namulindwa, Rickmana...
Umuhanzi w’icyamamare akaba n’umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, yatangaje ko ateganya kurega Nobat Events mu nkiko nyuma y’uko amatora ari gukorwa azaba arangiye. Yavuze ibi mu gihe kandi yahakanye iby’uko umuhanzi Bebe Cool yaba ari kumusubiza...
Umunyamakuru ufite amzian yiswe n’ababyeyi Edwin Katamba, wamamaye ku mazina nk MC Kats, yanenze bikomeye igitekerezo cy’umuhanzi Eddy Kenzo, wavuze ko agiye gushyiraho irimbi ryihariye ry’abahanzi bo muri Uganda. Ibi Mc Kats yabivuze nyuma y’uko Eddy Kenzo yitabiriye igikorwa...
Beyoncé Knowles-Carter, wmamaye nka Queen B, yanditse amateka mashya mu muziki n’ubucuruzi, abasha kwinjira mu bahanzi batunze miliyari y’Amadorali ku isi, agaragaza ko impano ihuriwe n’ubucuruzi bushyashya ishobora kuzamura umuhanzi ku rugero rutagereranywa. Nk’uko Forbes ibitangaza, Beyoncé yabaye...
Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa filime, Mario Rodriguez, aherutse kongera kuvuga ku birego arega umuhanzi n’umuyobozi w’inganda za filime, Tyler Perry, amushinja kumuhohotera no kumufata ku ngufu, nyuma y’uko hanze hagiye ubutumwa bwanditse bivugwa ko bombi bagendaga bandikirana, bumugaragaza...
Mu gihe impaka n’imvugo zishingiye ku guhangana bikomeje kuvugwa mu muziki Nyarwanda, umuhanzi w’inararibonye Massamba Intore arasaba ko ubuhanga n’ubuhanzi ari byo bihabwa umwanya, aho gukomeza imvugo ziseserezanya zidahesha icyubahiro umuziki n’indangagaciro z’u Rwanda. Ibi yabitangaje mu kiganiro...
Nyuma y’igitaramo cyabereye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 30 Ukuboza 2025, hakomeje kuvugwa inkuru y’intambara y’amagambo yabaye hagati ya DJ Sheilah Gashumba na DJ Skyla Tyla, bombi bari batumiwe gutaramira mu gitaramo cyabereye muri Atelier du...
Mu mugoroba wa Noheli wahurije hamwe abantu batandukanye b’ingeri zinyuranye, Perezida Paul Kagame yagaragaye aganira n’abahanzi batandukanye bari batumiwe muri uwo muhango, barimo n’umuhanzi w’icyamamare The Ben, bagiranye ikiganiro cyihariye cyakomeje gukurura amatsiko y’abakurikiranira byahafi imyidagaduro. The Ben...
Ava Peace yagaragaje umujinya n’agahinda nyuma y’uko umuyobozi w’ibirori (promoter) amutindije kuririmba mu birori byo kwizihiza Boxing Day byabereye i Buwama, cyane ko yari yahatanze abandi abahanzi. Amashusho yashyinzwe hanze n’uru rubuga, yagaragaje uyu muhanzikazi, aganira n’abitabiriye ibirori,...