Icyamamare ku Isi mu mupira w’amaguru, CRISTIANO Ronaldo, akomeje kuvugisha benshi nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa cyane ko ashobora kugaragara muri filime yamamaye ku rwego rw’Isi Fast & Furious, mu gice cyayo cya 11 giteganyijwe gusohoka umwaka utaha...
Umunyamideri w’imideli n’ubwiza Katrina Nilzero yatangaje ku mugaragaro ko umubano we na Sheilah Gashumba, uzwi cyane mu kwamamaza ibirango no kuyobora ibirori, wamaze ku yoyoka burundu, avuga ko nta kintu na gito kikibahuza. Mu magambo ye, Katrina yavuze...
Umunezero ukabije w’abafana b’umupira w’amaguru mu Buhindi wo kwakira icyamamare Lionel Messi wahindutse ibyago, nyuma y’imvururu zabereye mu kibuga cya Salt Lake Stadium i Kolkata. Abafana bari bitabiriye ibirori byo kumwakira bagaragaje uburakari bukomeye nyuma yo kutabona uko...
Urutonde rw’indirimbo zikunzwe cyane muri Uganda iki cyumweru rugaragaza ishusho y’umuziki uri gutera imbere kandi urimo urunyurane rw’injyana rwinshi, uhuza abahanzi bamaze igihe kinini ari ibihangange n’abakizamuka bafite impano nshya. Ibi bigaragaza ko umuziki wa Uganda ukomeje kwaguka...
Umuvugabutumwa wo muri Ghana witwa Ebo Noah yatawe muri yombi, ashinjwa gutangaza amakuru y’ibihuha yavugaga ko Isi izarangira tariki ya 25 Ukuboza 2025, aho Yesu azaba agarutse ku Isi gutwara Itorero rye. Mu minsi yashize, hacicikanye amafoto n’amashusho...
Umuhanzi w’Umunyarwanda Juno Kizigenza, yavukiye mu Karere ka Kicukiro mu 2001, akaba ari umwana wa kane mu bana barindwi, yagaragaje ko inzozi zo gukora umuziki ashobora kuzigeraho abikesha umuhate, impano n’icyerekezo gihamye. Yatangiye gukunda umuziki akiri muto, yumva...
YouTube yashyize hanze urutonde rw'ibikorwa byabaye muri Nigeria, 2025, mu bijyanye na muzika n’imyidagaduro, uru rutonde rugaragaza amashusho y’indirimbo, abahanzi bagenzweho, ndetse n’ibikorwa bibarizwa mu myidagaduro byakunzwe cyane n’indirimbo zarebwe kurusha izindi muri iki gihugu mu mwaka ushize....
Inganda zitunganya umuziki muri Tanzania ziri mu bihe bikomeye bitegeze bibaho mu bihe byatambutse , aho abakunzi b’umuziki bahagaritse gushyigikira abahanzi b’imbere mu gihugu. Francis Antony Ciza, wamamaye nka Majjizo, Umuyobozi mukuru wa EFM na TV E, basabye...
Umuhanzikazi Spice Diana yahaye inama y’ingenzi ku nshuti ye y’akadasohoka, umunyamuziki Chosen Becky, uy'uburyo yashinga neza urugo rugakomera. Spice Diana yasabye inshuti ye kwitondera igeso zitari nziza no kwicisha bugufi imbere y'umugabo we, kuba umwizerwa no kumya icyo...
Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025 , umuyobozi w'inzu itunganyirizwamo umuziki (Mavin Records), Don Jazzy, yavuze ko kutubaha abahanzi ari yo mpamvu ikomeye cyane ituma abafite label nshya bagira ibibazo. Don Jazzy, umwe mu bayobozi b’amashyirahamwe akomeye, atunganya...