Umunyamakuru akaba n’umu-DJ wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yatangaje ko atazigera ahindura imyitwarire ye cyangwa ngo acike intege kubera amagambo amunenga ku mbuga nkoranyambaga, amushinja kwivanga mu rukundo rw’abandi bagore. Uyu mwaka wa 2026 watangiye mu buryo budasanzwe...
Umuhanzikazi Rachel Kiwanuka, wamamaye ku maziana nka Rachel K, yatangaje impamvu yamuteye kureka kuririmba indirimbo z'isi (secular Music) akerekeza mu gukora indirimbo zo kuranya no guhimbaza Imana (Gospel), avuga ko byatewe n’ibyo Imana yamukoreye yaba mubyiza no mubibi....
Umuyobozi wa Sulubada High Skool Entertainment, Michael Mukwaya wmamaye cyane ku mazina ya Mikie Wine, yashimye cyane umugore we Pauline Kemigisha, ashimangira uruhare rukomeye yagize mu kumutera imbaraga no kumushishikariza gutegura ibitaramo bye bwa mbere mu mateka y’umuziki...
Nyuma y’iminsi mike batangaje ko bamaze kwiyunga no gushyira ku ruhande amakimbirane yari amaze igihe hagati yabo, umwuka mubi wongeye kudogera hagati ya Regis na Micky, ibintu byatunguye benshi mu bakurikiranira hafi ibikorwa byabo. Ibi byongeye kugaragara nyuma...
Umuhanzikazi Alyn Sano yatangaje ko adafite impugenge zo gushyira hanze igihangano cye bite n’uko hari andi makuru akomwjw kwigarurira imitwe y’ibitangazamakuru, ashimangira ko umuziki we ufite agaciro gakomeye kurusaha ibivugwa muri uwo mwanya. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye...
Umuyobozi w’itorero Nansana House of Prayer, Pastor Wilson Bugembe, yasabye abayobozi b’amadini kwirinda kwivanga muri politiki, abashishikariza kuguma kwifata ntibashyigikire umukandida numwe cyagwa amashyaka ya politiki. Bugembe yabingarutsho mu gihe hakomeje kugirwaho impaka zahato na hato mubaturage ku...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda ariko ufite inkomoko mu Rwanda, Fille Mutoni wigaruriye imitima ya benshi mu myaka yashize, yahishuye ko kimwe mu bituma abahanzi benshi bagira agahinda gakabije ari ukubura inshuti nyakuri, bigatuma bagira ubuzima bubi. Fille Mutoni yanyuze mu...
Mu gihe amaze imyaka itatu gusa atangiye umuziki nk’uwabigize umwuga, umuhanzi nyarwanda Yago utuye mu gihugu cya Uganda yatangaje ko yasoje gukora album ye ya gatatu, ateganya gushyira hanze muri uyu mwaka wa 2026, akemeza ko ayitezeho byinshi....
U Rwanda rugiye kongera kwigaragaza ku ruhando rwa Afurika binyuze mu muco warwo, aho umuhanzi w’inararibonye mu njyana ya gakondo, Intore Massamba, agiye gutaramira mu birori bitegurwa ku ruhande rw’Igikombe cya Afurika cy’Umupira w’Amaguru (CAN) giteganyijwe kubera muri...
Nyampinga w’u Rwanda 2020, Naomi Nishimwe yahishuye ko anyuzwe n’umugabo we Michael Tesfay ndetse ko aguwe neza mu gihe kingana n’umwaka bamaze bahanye isezerano imbere y’amategeko ryo kubana akaramata. Ni amagambo Naomie yasangije abamukurikira barenga ibihumbi 500 ku...