Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeria, Ruger, yatangaje ibitekerezo bye ku bagore bibagishije bagamije kongera ikibuno n’amabere, ibizwi nka ‘Brazilian Butt Lift (BBL)’, avuga ko abenshi muri bo abona bafite imyitwarire idahwitse. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X,...
Umuhanzi Mesach Semakula yasangije ibitekerezo bye ku nshingano z'abagore biyemeza kugira ngo bagaragaze isura y’umugore nyakuri w’umwizerwa mu rugo. Mu kiganiro yagiranye na SparkGirlfriends, Semakula yasobanuye ko kuba umugore w’urugo bifite inshingano runaka, inshingano y’uko bamwe mu bagore bakiri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko atishimiye uburyo televiziyo CNN ikora, asaba ko ihindurirwa abayiyobora cyangwa igashyirwa mu maboko y’abashoramari bashya mu gihe Warner Bros. Discovery (WBD) ibarizwamo igiye kugurishwa. Ibi yabivugiye...
Producer (utangnya imiziki) kaba n'umuhanzi Element ukomeje kugira ijwi ryiza mu ruganda rwa muzika muri Afurika, yahawe bimwe mu bihembo by'ishimwe 'Africa Super Star' mu bihembo bya "ODA Awards" bitangirwa muri Ethiopia. Ni igihembo cyamuzamuye kimugeza ku rwego...
Umuhanzi akaba n'umwanditsi w'indirmbo, Niyo Bosco, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025 mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, yahasezeraniye imbere y’amategeko n’umukunzi we yitwa Mukamisha Irene bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Niyo bosco wamamaye mu...
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Spice Diana yatangaje ko yumva igihe cye cyo gushyira ku mugaragaro urukundo rwe cyegereje, cyane cyane nyuma yo kubona bagenzi be b’abahanzi b’abagore batangira kurushinga no kwambikana impeta. Ibi abivuze nyuma yo kwitabira ibirori byo byo...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Lydia Jazmine, yatangaje ko nta muhanzi urusha Tracy Melon gukora ibikorwa bikomeye mu muziki muri uyu mwaka wa 2025, bityo ko akwiye guhabwa igihembo cy’Umuhanzi w’Umwaka. Tracy Melon yatangiye kumenyekana muri 2021 ubwo yabaga...
Nyuma y’iminsi ibiri agize impanuka y’imodoka, umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Ykee Benda yatangaje ko ubu ameze neza. Iyo mpanuka yabaye ku wa Mbere, tariki ya 08 Ukuboza 2025, ubwo yari ari mu rugendo yerekeza mu karere ka Kyegegwa,...
Umuhanzi w’Umunya-kKenya akaba n'umwanditsi w'indirimbo nsetse akanaba n'ucuranzi wa gitari, Bien-Aimé Baraza, yavuze ko Joshua Baraka ari we muhanzi akunda cyane muri Afurika y’Iburasirazuba, detse akana mufata nk’umuhanzi ufite ejo hazaza heza ku rwego mpuzamahanga. Bien yabigarutseho mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutera urujijo mu isoko ryo kwerekana filime n’amashusho nyuma yo kugaragaza impungenge ku masezerano mashya Netflix yatangaje yo kugura igice cya Warner Bros Discovery (WBD) ku giciro cya...