Abanyarwanda bakomeje kwandika amateka ku ruhando mpuzamahanga, aho bamwe muri bo begukanye ibihembo bikomeye muri Zikomo Africa Awards, ibihembo bigamije gushimira no gushyigikira abatanga umusanzu ugaragara mu iterambere rya Afurika mu nzego zitandukanye. Muri ibi bihembo byatangiwe muri...
Urukiko rwemeye gusubika iburanisha ry’agateganyo rya Shema Arnold uzwi nka Dj Toxxyk, nyuma y’uko agaragaje ko atabonye umwanya uhagije wo kwitegura, bityo bikaba byabangamira uburenganzira bwe bwo kwiregura uko biteganywa n’amategeko. Ibi byabereye mu rukiko rwibanze rwa Nyarugenge,...
Umuhanzikazi w’icyamamare, Winnie Wa Mummy, amazina ye nyakuri yiswe n’ababyeyi be bamubyaye ni Winnie Nakafeero, yanyuze mu bihe bitari byoroshye mu gitaramo ngarukamwaka cya CBS FM, kizwi nka Enkuuka Bwaguugwa, nyuma y’uko atabashije gusoza igitaramo cye nk’uko byari...
Bad Black yamaze gutangaza impamvu adashobora gukoresha uburyo bugezweho bwo kwirinda gusama inda, avuga ko akenshi yiyambaza uburyo bwo gukuramo mbere y’igihe cy’imibonano (withdrawal method). Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Bad Black yavuze ko atinya gukoresha bwa kijyambare bwo...
Umuhanzikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Nandor Love yatangaje ko adafite na kwicuza na gato ku magambo yavuze asubiza Bebe Cool, ni nyuma y’uko uyu muhanzi munini mu gihugu cya Uganda ndetse no muri Furika atanze ibitekerezo ku muziki ndetse...
Umwuka mubi hagati y’inshuti ebyiri zahoze zikorana byahafi ukomeje ku gukara, nyuma y’uko Abryanz atangaje ko agiye gutumira Skyla Tyla mu birori bizabera mu gihugu, bibaye nyuma y’iminsi mike havuagwa amakimbirane hagatiye na Sheilah Gashumba. Skyla Tyla, umu-DJ,...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gukomeza gufunga by’agateganyo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad n’abandi batatu bareganwa, rushimangira ko ibyaha bakurikiranyweho bifite uburemere bukwiye gukomeza iperereza rikorwa bari muri gereza. Uyu mwanzuro wafashwe ku wa 5 Mutarama...
Iperereza ku mpanuka y’imodoka yahitanye umupolisi rikomeje gutuma hagaragara andi makuru mashya ku kibazo cya Arnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk, umaze iminsi afunzwe n’inzego z’umutekano. Iyi dosiye ikomeje gufata indi ntera bitewe n’ibyagiye bigaragara nyuma y’ifatwa rye,...
Mesach Semakula yashimiye bimazayo Ziza Bafana, ayamashime yamugaragaje nk’umwe mu bahanzi bafite impano idasanzwe mu muziki, by’umwihariko ashimangira ijwi rye ryihariye n’ubumenyi bwo gucuranga ibikoresho bitandukanye by’umuziki. Mu kiganiro cyaciye kuri YouTube, Mesach yavuze ko Ziza Bafana ari...
Iterambere ry’umuziki nyarwanda rikomeje kwigaragaza ku mugabane wa Afurika, aho abahanzi bo mu bihugu bitandukanye batangiye kuwufata nk’urwego rushya rufite aho rugana. Ibi bigaragazwa n’uburyo umuhanzi Bruce Melodie aheruka gutangaza ko umwe mu bahanzi bakomeye muri Nigeria, Yemi...