• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Feffe Bussi yatangaje ko yanenze bikomeye Bebe Cool na Eddy Kenzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Feffe Bussi yagaragaje  ko yishimiye cyane amakimbirane akomeje kuba hagati y’ibyamamare bikomeye mu muziki, Bebe Cool na Eddy Kenzo, aho umwuka mubi ukomeje gukomera hagati y’amatsinda ababombi ariyo Gagamel na Big Talent.

Mu minsi ishize, aya matsinda yombi yari amaze igihe yibasirana ku mbuga nkoranyambuga, aho buri ruhande rwagaragazaga ibitekerezo byarwo ku ivugururwa ry’itegeko rigenga Uburenganzira  ku bihangano byabo (Copyright Law Amendment) n’uko hateganywa gushyiraho Sisiteme shya(New System) yo kugenzura uburenganzira bw’abahanzi.

Aya makimbirane yarushijeho gufata indi ntera nyuma y’uko Eddy Kenzo, agiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho yagaragraje imyifatire itarimyiza kuri Bebe Cool, cyane ko Bebe yitwara mu buryo butari bwiza, aho akunze kugaragara ajya impaka ku itageko ry’uburenganzira ku bihangano.

Nubwo abafana benshi batunguwe no kubona aba bahanzi bakomeye mu nganda z’umuziki bashwana ku mugaragaro, Feffe Bussi we bigaragara ko atakazwe nabyo, cyane ko kubona abahanzi bakomeye nka Eddy Kenzo na Bebe Cool kubona batumbikana kuri bimushimisha.

Uyu muraperi, uzwiho gushyigikaira ishyaka National Unity Platform (NUP), yibukije Bebe Cool na Eddy Kenzo ko bombi bazwi nk’abahanzi bashyigikiye ishyaka riri ku butegetsi, National Resistance Movement (NRM).

Uyu muraperi agiye gusubiza aya makimbirane, yanenze bikomeye igitutu cyose gishingiye kuri Bebe Cool, ashimangira ko we yibanda gusa ku muziki we no gushisha abafana be.

Yagize ati: “Sinshishikajwe n’urwo rutonde rwa Bebe Cool. Icyo nshaka ni gukora umuziki we no gushimisha abafana be.”

By’umwihariko yagarutse ku makimbirane  ari hagati ya Kenzo na Bebe, aho Feffe yakoresheje amagambo akomeye mu ariko nanone atebya, yavuze ko ibibazo byavutse imbere mu matsinda yabo bwite.

Yagize ati: “Inzu ya sekibi yafashwe n’inkongi,” yongeraho ko yagira inama aba bahanzi bombi gushaka icyo bahurizaho bagakemura ibyo batumvikanaho, cyane ko ari abantu bakuru kandi bafite izina rikomeye.

Feffe yanibajije impamvu aba bahanzi babiri, bakunze bakunze kwerwkana nk’abantu bunze ubumwe kandi banafite ubutunzi bwinshi, bityo yumva ko bitagakwiye ayo makimbirane afata urundi rwego cyagwa kuyashyira ku karubanda.

Yagize ati: “Ntibyigeze bintungura ko bashwana. badutangarije ko bari mu itsinda ry’abaherwe b’abamiliyari. Ibyorero bakabimenye bakareka kwishyira hanze ngo abantu babote”

Previous Post

UNMF yongewe miliyari 5 Shs yo guteza imbere abahanzi muri Uganda

Next Post

Bruce Melodie Yahishuye ko we na Ama G Black bigeze kwiharika ku nyubako UTC

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Bruce Melodie Yahishuye ko we na Ama G Black bigeze kwiharika ku nyubako UTC

Bruce Melodie Yahishuye ko we na Ama G Black bigeze kwiharika ku nyubako UTC

CAN 2025: Maroc na Senegal zerekanye imbaraga z’abakandida ku gikombe, zigera muri ½

CAN 2025: Maroc na Senegal zerekanye imbaraga z’abakandida ku gikombe, zigera muri ½

Super Cup: APR FC na Rayon Sports mu ntambara y’icyerekezo gishya, abatoza n’abakinnyi bashya ku isuzuma rikomeye

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.