• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, August 12, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 22, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Spice Diana yatangaje ko we n’uwahoze ari umuyobozi we, Roger Lubega, bagiye kugabana inyungu (royalties) n’imitungo bakoreye mu gihe bakoranaga.

Ibi yabigarutse mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru ku muyoboro wa telefoni, Aho yavuze ko we na Roger batandikanye batagikora mu mwaka ushize, gusa nanone Roger ntarashyira icyo abivugaho. Spice Diana yashyize hanze iri tangazo abinyujije ku ku mbuga ze muri iki gitondo.

Mu butumwa yashyize hanze, Spice Diana yasobanuye ko ibijyanye n’ubucuruzi bwose bwamuhuzaga na Roger Lugega bwaragiye neza nta kibazo kivutse. Muri ibyo harimo kugabana mu bwumvikane imitungo bari baraguze bafatanyije, ndetse n’ibijyanye n’amasezerano ku nyungu (royalties) z’indirimvo ze zakozwe mbere.

Yagize ati: “Ibintu byose byaga biduhuza byaragiye, ibyo birimo kagabana imitungo twari twarafanyije kugira no gushyiraho amasezerano y’inyungu ku ndirimbo twakoranye mbere. Nta kindi kibazo dufitanye, kandi buri wese yakomeje ubuzima bwe.“

Yakomeje agaragaza amwe mu makuru ajyanye n’ubuyobozi bushya asigaye akorana na bwo, ndetse yanatanze n’aderisi ya email izajya ikoreshwa yohererezwaho ubutumire mu igitaramo, ibi bigaragaza ko atagikora na Roger.

Spice Diana na Roger Lubega bakoranye imyaka irenga icumi, ubufatanye bwagize uruhare runini mu iterambere n’o kwamamara kwa Spice mu muziki wa Uganda ndetse no ku isoko mpuzamahanga.

Mu itangazo rye, Spice Diana yanatanze umuburo ukomeye ku bantu bakwirakwiza ibihuha n’amakuru atari yo amuvugaho. Yagize ati: “Sinzajya njya mu bikorwa byo gukwirakwiza ibihuha, gutekereza ibintu bidafite ishingiro cyangwa gutanga ibitekerezo bisebanya. Amakuru yose atatanzwe binyuze ku mbuga zemewe, yongeyeho ko atazemerera umuntu uwa ari wese uzakoresha izina rye cyagwa ikiranga ntengi cye nabi cyane ko ngo azahita akurikiranwa n’inzego z’umutekano zibishinzwe.“

Previous Post

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Next Post

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 months ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 months ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
3 months ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Da Rest yagarutse mu muziki n’indirimbo ‘Amore’ ikubiyemo amateka y’ubukwe bwe

Da Rest yagarutse mu muziki n’indirimbo ‘Amore’ ikubiyemo amateka y’ubukwe bwe

Bruno K yatangaje ko agiye gutangira kwishyuza ku mugaragaro Black Market Entertainment

Bruno K yatangaje ko agiye gutangira kwishyuza ku mugaragaro Black Market Entertainment

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro
Ubukungu

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro

by Alex RUKUNDO
August 7, 2026
Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre
Inkuru Nyamukuru

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
June 23, 2026
“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.