• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, May 21, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Ubu ni igihe cyo gushora imari no gutegura ejo hazaza” – Winnie Nwagi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 21, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Winnie Nwagi, yatandaje ko ageze ku rwego kuba yaba umuntu mukuru kandi ufite ubushobozi mwinshi, avuga ko ari yo mpamvu ari gukora cyane anashaka indi mirimo, ishobora ku mwungukira (side hustles), kugira ngo abashe kwinjiza amafaranga, ayashore mu bikorwa bindi by’iterambere no gutegura ejo hazaza he.

Nubwo umuziki wa Winnie Nwagi wamwubakiye izina ndetse ukanamuha itsinzi ikomeye, yanatagaje ko bidashoboka ko yaguma kwamamara iteka ryose. Cyane ko akomeza gukura.

Winnie yakomeje avuga ko ateganya gushyira imbaraga mu mishanga itandukanye y’ubucuruzi izamufasha kwiteza imbere mu zabukuru, ndetse no kwita ku muryango we no gukomeza kubaho neza.

Uyu muhanzikazi  wori Swagz Avenue asanzwe anakora umwuga w’ubucuruzi bw’imyambaro, bikaba bivugwa ko afite indi mishanga y’ubucuruzi atifuje gutangaza.

Mu kiganiro yagiranye na Tawfiq Media, uyu mubyeyi afite umwana umwe, akaba anafite  imyaka 36 y’anavuko, yavuze ko imyaka agezemo imusaba gutangira gushora imari mu buryo bwiza kandi bwitondewe kugira ngo ategure ejo hazaza.

Yagize ati: “Ubu maze gukura bihagije, n’icyo gihe cyo gukora cyane ndetse no gushora imari mu mishanga igiye itandukanye. Imyaka ngezamo irasaba gufata ibyemezo bikomeye kandi bifatika. Sinshobora gushyira hanze iminshinga yanjye yose nashoyemo amafaranga, cyane ko abantu bahita batangira kunyibazaho byinshi.”

Sintewe ipfunwe n’ubucuruzi nkora kugira ngo mbone imibereho ndetse n’amafaranga; mbusangiza abakurikirana Snapchat ye. Ati: “Icy’ingenzi ni uko ubu meze neza kandi cyane, ubu maze gukura bihagije ku buryo nenye kwizigamira no kwiteza imbere nshora amafaranga mu bikorwa bigeye bitandukanye. Icyo nsaba abantu n’abakunzi banjye ni ugukomeza kushyigikira, kugira ngo nkomeze gutera imbere.”

Previous Post

Spice Diana yemeje ko yatandukanye n’umujyanama we Roger nyuma y’imyaka 10 bakorana

Next Post

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Urban Boyz yaba igiye kongera guhura?

Urban Boyz yaba igiye kongera guhura?

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Urban Boyz yongeye kuvugisha benshi nyuma y’amakuru avuga ko ishobora kongera guhuza imbaraga nyuma y’imyaka icyenda itandukanye. Iri tsinda ryigeze...

Next Post
Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon
Imyidagaduro

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Urban Boyz yaba igiye kongera guhura?
Imyidagaduro

Urban Boyz yaba igiye kongera guhura?

by MUNYANKINDI Alphonse
May 20, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.