• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

John Blaq yateguje igitaramo gikomeye muri uyu mwaka

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 18, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’icyamamare ukora injyana ya Afropop, John Blaq yatangaje ko afite gahunda yo gukora igitaramo kizaba gikomeye muri uyu mwaka, kikazaba ari igitaramo cyigaragaza igaruka (Comeback) mu muziki neza, ni nyuma y’igitaramo gihambaye yaherukaga gukora mu mwaka wa 2019.

Uyu muhanzi wari umaze igihe yifuza kongera gutegura igitaramo kuva aho yakoreye muri Freedom City mu 2019, yavuze ko ubu yiteguye ariko ko akiri gushaka umu-promoter yakwizera kandi wamufasha gushyira mu bikorwa iki gitaramo.

John Blaq ati: “Turimo gushaka abantu dushobora gukorana kandi bizewe kugira ngo dufatanye gutegura igitaramo kizaba muri uyu mwaka.”

Yanavuze ko hari abantu bari kuganira, kandi ko igihe nikigera abazogera bagatangaza amakuru arambuye kuri iki gitaramo gitenganyijwe.

Ati: “Turimo gukorana n’abanyu bamwe, kandi igihe gikwiye tuzabagezaho andi makuru kandi n’abafana bazabimenya. Ariko ikiza ni uko uyu mwaka John blaq azakora igitaramo, mu izina ry’Imana.”

Nubwo aho igitaramo kizabera hataratangazwa, John Blaq yavuze gishobora kubera muri Hotel Africana, avuga ko izaba ari intambwe ikomeye ndetse n’iterambere mu muziki we.

Yongeyeho ati: “Kuki Africana mu hantu hose? Ni mpamvu yo gutera imbere. Mu ruganda rw’umuziki, hari aho uhera nka Freedom City,  ukagenda uzamuka ukagera kuri Hotel Africana, naho ukahava kogera ukazamuka ukajya i Lugogo, hanyuma ukazagera kuri Hotel Serena. Birumvikana ubarimo gutera intambwe ikomeye iyo udahamye hamwe.”

Yashimangiye ko akizamuka ndetse ko keneye abafana benshi, kandi ko adashaka gutegura igitaramo ahantu hahenze cyane ku buryo abafana batabasha kubona amafaranga yo kukitabira.

Yasoje agira ati: “ndacyazamuka hamwe n’abafana banjye, ndacya cyeneye abafana kandi benshi, kandi sinshaka gukorera igitaramo ahantu hahenze ku buryo bashobora no kubura mafaranga yo kwinjira ‘oya’, sinshaka kuzibaza impamvu abafana banjye batitabiriye igitaramo cyanjye.”

Previous Post

Biggie Events yatangaje ko agiye kwishyura imyenda yose

Next Post

Epibatidine: Uburozi bukaze bwo ku mutubu buvugwa mu rupfu rwa Navalny

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Epibatidine: Uburozi bukaze bwo ku mutubu buvugwa mu rupfu rwa Navalny

Epibatidine: Uburozi bukaze bwo ku mutubu buvugwa mu rupfu rwa Navalny

Igisibo cya Ramadhani n’Ikarema: Aho bihuriye n’aho bitandukaniye

Igisibo cya Ramadhani n’Ikarema: Aho bihuriye n’aho bitandukaniye

Tour du Rwanda: Ibirori by’umuziki bigiye kongera gushyuha!

Tour du Rwanda: Ibirori by’umuziki bigiye kongera gushyuha!

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.