• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yasabye abahanzi kudakurikiza inama z’abantu benshi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 19, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Alexander Bagonza wamamaye nka A pass, yasubije amagambo aherutse gutangazwa na Nalebo wamunenze avuga ko abafaba be batiyongera kandi ko undurimbo ze zidashobora gukundwa n’abantu benshi.

Mu kiganiro cyatambutse kuri Now Media UG, Jonathan Nalebo yagize ati: “A Pass yishyurwa amafaranga menshi, ariko n’ubwo yamarama umwaka adatumirwa mu bitaramo cyagwa ntabe ari ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba, ntaco biba bimubwiye.”

Yakomeje avuga ko umubare w’abamukurikira utajya wiyongera uko imyaka ishira, kandi ko ari integer nke kuri we nubwo afite indirimbo nyinshi.

A Pass yaje kwemera bimwe mu byo Nalebo yavuze. Mu kiganiro yakoreye kuri TikTok Live, uyu muhanzi yavuze ko azi neza urego ariho nk’umuhanzi, kandi ko abantu batifuza kumureba aririmba atari bo bagize abakunzi be.

Yagize ati: :ibyo abishingira ku ki? Njye sinyeneye abantu Babura ikizere  igihe ntaririmbye mu gitaramo. Abo si abantu nitaho. Iyo umuntu atakubuze abatanakwifuza. Kandi ibyo nta kibazo kibirimo.”

Yakomeje avuga ko abo bantu Atari bo bagize abafana be, kandi ko ibyo ari byo Nalebo yashoboraga  kuba yavuga. Yongeyeho ko hari abandi bahanzi bashobora guhuza na bene abo bafana kurusha uko we byamugendekera.

A pass yasabye n’abandi bahanzi n’abanyabugeni muri rusange kudaha agaciro ibitekerezo by’abantu, ahubwo ko bakwiye gushyira imbaraga ku ntego zabo, kuko muri iki gihe ntiwabuza abantu kuvuga, buri wese avuga ibyo ashaka.

Yasoje agira ati: “Ku bahanzi bose n’abanyabugeni, ntimukite ku byo abantu bavuga cyagwa ku gitutu cyabo. Buri wese abona ibintu ukwe kandi nti wamubuza kuvuga, ariko ntimukagishe inama nyinshi ku bantu batandukanye niba hari icyo mushaka kugeraho.”

Previous Post

Tonton Chris yagarutse:  yashyize hanze indirimbo ebyiri icyarimwe

Next Post

Uganda: Bwoy Magical yatangaje ko yambuwe amafaranga na Jowy Landa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Uganda: Bwoy Magical yatangaje ko yambuwe amafaranga na Jowy Landa

Uganda: Bwoy Magical yatangaje ko yambuwe amafaranga na Jowy Landa

Luwilight yatangaje ko yababariye Zuena na Bebe Cool

Luwilight yatangaje ko yababariye Zuena na Bebe Cool

Rachel K avuga ku mibanire myiza n’umuryango nubwo batandukanye mu myemerere

Rachel K avuga ku mibanire myiza n’umuryango nubwo batandukanye mu myemerere

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.