• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bien yishimiye guhura na Perezida Kagame

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 18, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’Umunya-Kenya ukora injyana ya Afropop, Bien-Aimé Baraza, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza ibyishimo yatewe n’uko yahuye na Perezida Paul Kagame mu mukino w’amaboko (basketball) wa NBA All-star 2026, n’umukino wabereye i Los Angeles, ukaba ari umukino wahurije hamwe siporo, ibyamamare ndetse n’amahanga.

Uyu muhanzi, wamamaye cyane nk’umwe mu bashinze itsinda rya Sauti Sol, yitabiriye uyu mukino ari kumwe n’umugore we akaba n’umujyanama we mu byu muziki, Chiki Kuruka. Muri uwo mukino niho yahuriye na Perezida Kagame. Nyuma yoguhura, Bien yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ibitekerezo bye ku cyerekezo cya Afurika n’ubuyobozi bwayo.

Yagize at; “Amateka ya Afurika yagiye avugwa cyane hirya no hino; tugomba kwigira ku mateka yacu tukanayandika. Ntidushobora kubaka igihugu dushingiye ku yindi migabane. Mwarakoze Perezida ku bw’ihumure n’icyerekezo mwagiye muduha. Uko tubabonye buri gihe biba ari icyubahiro n’ibyishimo.”  

Ubu butumwa yanditse ku mbuga ze bwakiriwe neza n’abamukurikira, bityo butangiza ibiganiro ku buyobozi bwa Afurika, kwandika amateka bishobora kugira uruhare mu muco no guteza imbere umubano mpuzamahanga.

Uku guhura kwabayeho mu gihe hakinwaga umukino wa NBA All- Star 2026 wabereye muri Intuit DOME iherereye mu mujyi wa Los Angeles, mu nzu ikinirwamo imikino ikomeye.

Muri uyu mwaka, ibi birori byagiye Bizana uburyo bushya  bw’amarushanwa aho hanabaye irushanwa rito ryahuje amakipe ya USA n’andi, mu rwego rwo kongera gukurura abafana ku rwego mpuzamahanga.

Abakinnyi 25 b’indashyikirwa bagabanyijwemo amakipe atatu arimo: Team World, Team USA Stars na Team USA Stripes, ikipe ya Stars yatozwga na JB Bickerstaff, iya Stripes igatozwa na Mitch Johnos, mu gihe Team World yatozwaga na Darko Rajaković. Muri iyi minsi hanatowe ikipe yatsinze irushanwa rya Slam Dunk, n’irushanwa ryasabaga amanita atatu (3-Point Contest) ndetse hanatoranywa umukinnyi mwiza wa All–Star (MVP).

Ku ruhande rw’ibi birori, Perezida Kagame yanagiranye ibiganiro n’abayobozi batandukanye mu by’imikino n’ubucuruzi, barimo Steve Ballmer, umuyobozi w’ikipe ya Los Angeles Clippers. Yagaragaye kandi aganira n’ibyamamare bikomeye ku rwego rw’Isi, birimo igikomangoma Prince Harrt n’umugore we Meghan Markle.

Previous Post

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

Next Post

Hon. Mubaraka Munyagwa Sserunga yahakanye ko afitanye amakimbirane na King Saha

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Hon. Mubaraka Munyagwa Sserunga yahakanye ko afitanye amakimbirane na King Saha

Hon. Mubaraka Munyagwa Sserunga yahakanye ko afitanye amakimbirane na King Saha

Tyla agiye kugaruka akomeye: Album nshya “A Pop” itegerejwe mu mpeshyi ya 2026

Tyla agiye kugaruka akomeye: Album nshya “A Pop” itegerejwe mu mpeshyi ya 2026

Biggie Events yatangaje ko agiye kwishyura imyenda yose

Biggie Events yatangaje ko agiye kwishyura imyenda yose

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.