Mariam Mutakubwa, uzwi nka Biggie Events, utegura ibitaramo n’ibikorwa bitandukanye, yatangaje ko yiyemeje kwishyura imyenda yose abereyemo abantu mu gihe cya vuba. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Mutakubwa yavuze ko SACCOihuza abategura ibitaramo (Promoters SACCO) yahawe inkunga ya...
Umuhanzikazi w’Umunyafurika y’Epfo, Tyla, yatangaje ko ageze kure imirimo ya album ye ya kabiri yise “A Pop”, ateganya gushyira hanze mu mpeshyi ya 2026, hagati ya Kamena na Kanama. Ibi yabitangaje ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Uwahoze ari umuyobozi w’akarere ka Kawempe y’ Amajyepfo, Hon. Mubaraka Munyagwa Sserunga, yahakanye amakuru avuga ko yaba afitanye ikibazo cyihariye n’umuhanzi Mansoor Ssemand wamamaye nka King Saha, ni nyuma y’uko abateranye amagambo mu ruhame ashingiye ku myemerere ya...
Umuhanzi w’Umunya-Kenya ukora injyana ya Afropop, Bien-Aimé Baraza, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza ibyishimo yatewe n’uko yahuye na Perezida Paul Kagame mu mukino w’amaboko (basketball) wa NBA All-star 2026, n’umukino wabereye i Los Angeles, ukaba...
Mary Nambwayo asa nu watangiye ubuzima bushya mu rukundo nyama yo gutandukana n’uwahoze ari umugabo we Suuna Ben mu mwaka wa 2025, ibintu byavuzwe cyane mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda. Aba bombi bigeye bagaragaye cyane mu binyamakuru...
Nyuma yo gukorana indirimbo n’abahanzi batandukanye bo muri Uganda, Bruce Melodie yavuze ko abahanzi bo muri icyo gihugu badashyira imbaraga zihagije mu kwamamaza umuziki wabo hanze ya Uganda. Bruce Melodie, umwe mu bahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika...
Uruzinduko ry’umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Bruce Melodie rwasize ababakora indirimbo (producers) bishimye, bitewe n’ijambo uyu muhanzi yavuze, aho yavuze ko abakora indirimbo bo muri Uganda ko ari abahanga bakomeye mu gukora indirimbo nziza kandi zigezweho mu karere. Bruce...
Umuhanzi w'icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishomo byinshi nyuma yo kugenda neza kw'igikorwa cyo kumubaga ijisho ry'iburyo, ijisho ryari ryatangiye gutakaza ubushobozi bwo kureba. Ku wa Kabiri tariki 17 Gashyantare 2026, Chameleone yatangaje aya makuru kuri...
Mbere y’umunsi w’abakundanye, mu kiganiro n’itangazamakuru, umuhanzikazi Gloria Bugie yavuzeko adashishikajwe cyane n’indabo, ahubwo ko yifuza impano zifatika. Yasabye abafana be bashaka kumuha impano ko batekereza uburyo bamuha mafaranga cyangwa imitungo nk’ubutaka i Kampala. Nk’uko byagaragaye ku mafoto...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye kugaragaza imbaraga ze ku isoko ryo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, nyuma yo gukora igitaramo gikomeye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda ku munsi wa Saint Valentin. Iki gitaramo cyabereye...