Umuraperi w’icyamamare muri Uganda, Navio, yatangaje ko afite gahunda yo kongera gukora igitaramo muri uyu mwaka, nyuma y’uko yagize igitaramo cyiza Orchestra Experience cyabaye umwaka ushize. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Navio yavuze ko igitaramo arimo gutegura muri uyu...
Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye ku wa 6 Werurwe 2026. Aya makuru Mushashi yayasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho yashyize amafoto agaragaza ibyishimo...
Uko imbuga nkoranyambaga zikomeza gutuma abahanzi n’abanyempano bagera ku mpano zabo mu buryo twavuga bworoshye, ni na ko bamwe muri bo batangiye gukoresha ayo mahirwe bityo bagahura n’abafana babo imbonankubone. Ni muri urwo rwego Gateka Brianne wamamaye nka...
Umwuka mubi hagati ya Yung Mulo na Alien Skin ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko Mulo atangaje ko umuyobozi wa Fangone Forest, Atari umuhanzi, ahubwo ari umuntu ukunda kwigararagaza cyane kuri Tik Tok. Alien Skin, Umuyobozi wa Fangone...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite ibibazo bikomeye by’ubuzima. Uyu muyobozi wa Big Talent Entertainment yavuze ko arwaye bikomeye indwara y’igifu (ulcers), bityo bigatuma...
Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo busa n’uburyo bw’ikiganiro gisanzwe. Abajijwe n’umunyakuru uko ahitamo ururimi ari bukoreshe aririmba. Yagize ati: ‘ ntabwo nicara ngo...
Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze hazwi nka Illusion Bar. Iki gikorwa giteganyijwe gutangira ku wa 8 Werurwe 2026, kikazajya kiba buri Cyumweru nijoro,...
Icyamamare mu muziki wa Dancehall, muri Jamaica, Vybz Kartel, abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, yahakanye amakuru avuga ko ari gutegura ibitaramo mu Burasirazuba bwa Afurika. Umuhanzi w’icyamamare muri Jamaica, Adidja Palmer wamenyekanye nka Vybz Kartel, amaze iminsi...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda umaze igihe kinini mu muziki, Viboyo Oweyo, yatangaje ko interuro imwe yaririmbye mu ndirimbo y’icyamamare “Mr. DJ” yahinduye ubuzima bwe, ndetse ikanamufasha kugura imodoka. Mu kiganiro yagiranye na Next Radio, Viboyo yavuze ko nyuma yo gusohoka...
Umuririmbyikazi w’icyamamare muri Swangz Avenue, Veronica Luggya, wamenyekanye ku izina nk Vinka, yahawe imodoka nshya y’ubwoko bwa Mervedes-Benz SUV n’umugabo we, Nell Witta. Kuwa kabiri nijoro, binyuze ku mbuga nkoranyambaga ze, Vinka yashyize hanze video yerekana imodoka ye...