Umuririmbyi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye kugaragaza imbaraga ze ku isoko ryo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, nyuma yo gukora igitaramo gikomeye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda ku munsi wa Saint Valentin. Iki gitaramo cyabereye...
Mu myaka icumi ishize, umuziki nyarwanda wateye intambwe igaragara. Amashusho y’indirimbo akorwa ku rwego rwo hejuru, imbuga nkoranyambaga zorohereje abahanzi kugera ku bafana, ndetse hari n’indirimbo zatangiye kugera ku masoko mpuzamahanga. Ariko nubwo isura y’iterambere ry’umuziki nyarwanda igaragara,...
Umunyabigwi muri Formula 1, Lewis Hamilton, akomeje kuvugwaho kuba ari mu rukundo n’icyamamare mu myideli no muri ‘Reality TV’, Kim Kardashian, nubwo bombi bakomeje kuruca bakarumira. Amakuru y’uru rukundo yatangiye gukwirakwira mu mpera za Mutarama 2026, ariko ibintu...
Urwego rw’ubuhanzi mu Rwanda rwongeye kugaragaza imbaraga zarwo mu iserukiramuco rya Art Rwanda-Ubuhanzi Xperience ryabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV), aho hatanzwe impamyabumenyi ku rubyiruko rwasoje icyiciro cya gatatu cy’iyi gahunda yo guteza imbere impano. Iki...
Umuraperi w’icyamamare Wiz Khalifa yatangaje inkuru ibabaje y’urupfu rwa se, Laurence W. Thomaz, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yashyizeho ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi. Uyu muhanzi ufite imyaka 37 y’amavuko, wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nka “See...
Umunyamakuru ubarizwa mu gisata cy’imyidagaduro Flavia Namulindwa garutse ku bihe bye byo mu mashuri yisumbuye, yanatangaje ko yigeze kugira umubano na mugenzi we Kasuku, ku munsi wa prom (laever’s party). Flavia yavuze ko we na Kasuku biganye ku...
Mu rugendo rw’ubuhanzi, ubushuti bw’igihe kirekire hari igihe buhuzwa n’impano bikaba byabyara umusaruro ukomeye,. Ibi nibyo byabaye kuri Kivumbi King n’umusizi Junior Rumaga, bahuriye mu gisigo giherutse kujya hanze cyiswe ‘Inzira y’Umusaraba’, kiri mu bigize Album nshya ya...
Umuhanzi wo muri Uganda, Geosteady, yamaganye amagambo yahoze ari umukunzi we, Prima Kardashi, wavuze ko mu myaka umunani bamaranye batigeze basomana. Ibi byavuzwe na Prima mu kiganiro cya TikTok Live, aho yatangaje ko nubwo babanaga kandi bafitanye abakobwa...
Mu gihe ubuhanzi bukomeje gatera imbere mu Rwana, Akarere ka Huye kiteguye kwakira iserukiramuco rishya ryiswe Siga Arts Festival, rigamije guhuriza hamwe abahanzi b’ingeri zitandukanye no kwegereza ibikorwa by’ubuhanzi abaturage. Iri serukiramuco ryateguwe n’umusizi Rumaga, iri serukiramuco rizaba...
Mu gihe biteganyijwe ko ku wa 17 Werurwe 2026 azataramira i Kigali muri Move Afrika, Doja Cat akomeje kuvugisha benshi. Ni umwe mu bahanzi b’igitsinagore bagezweho ku Isi, ariko inyuma y’icyamamare cye hari amateka arimo urugamba, impinduka n’amasomo...