Umuhanzi Eddy Kenzo, akaba n’Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abahanzi bo muri Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF), yatangaje ko nyina wamubyaye afite inkomoko mu Rwanda. Mukiganiro yashyize hanze yagarutse ku buzima bwe bwo mu bwana, Kenzo yavuze ko nubwo...
Umuhanzi RickmanManrick yatangaje ko ari mu rukundo n’umubyinnyi unakoresha imbuga nkoranyambaga Gia Nina, bityo bishyira iherezo ku byari bimaze iminsi bivugwa ku mbuga nkoranyambaga cyane ko bakunze kuvugwaho umubano w’ihariye. Mu kiganiro yagiranye na NextRadio, Rickman Manrick yavuze...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Gashyantare 2026, hiriwe hakwirakwizwa mamashusho ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abakinnyi b’ikipe ya Arsenal bari kubyiana indirimbo “Marocco” y’umuhanzi w’icyamamare muri Uganda Joshua Baraka, mu gihe bari mu myitozo bitegura umukino wa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwaburiye abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino bubasaba kureka amagambo ateza umwiryane no kurangwa n’ubupfura mu kazi bakora. Ibi byatangajwe ku wa 10 Werurwe 2026 n’Umuvugizi wa RIB, Thierry B. Murangira, mu kiganiro...
Umuhanzi wo muri Uganda Big Eye StarBoss yatangaje ko amaze kugera kuri byinshi mu buzima bwe binyuze mu muziki, harimo no gushora imari mu mitungo itandukanye irimo inzu n’ibibanza. Uyu muhanzi wamenyekanye mu ndirimbo Indicator yavuze ko mu...
Rihanna yavuye mu Mujyi wa Los Angeles aho asanzwe atuye, nyuma y’iminsi mike umugore witwaje intwaro arashe ku nzu ye. Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo inzu ya Rihanna iherereye ahazwi nka Beverly Hills yarashweho amasasu 10,...
Umuririmbyi Ava Peace yatangaje impamvu atafata abandi bahanzikazi bakorana mu muziki nk’inshuti ze za hafi muri uru ruganda. Mu kiganiro yagiranye na Now Media UG podcast, Ava Peace yasobanuye ko nubwo yakoranye n’abahanzikazi batandukanye kandi agirana na bo...
Umuhanzikazi Jowy Landa yavuze ko atigeze aba inshuti magara n’umuhanzi mugenzi we Ava Peace, nubwo hari benshi bakomeje kuvuga ko bombi bagiranye amakimbirane. Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV Uganda, aho yasobanuye neza uko umubano wabo...
Umuhanzi Derrick Biswanka yagiriye inama Perezida Yoweri Kaguta Museveni yo kutanga miliyari 5 z’amashilingi ya Uganda yari yemereye Kasuku n’itsinda rye, ahubwo agatata umwanzuro wo kohereza ayo mafaranga mu bacuruzi baherutse guhombya n’imyuzure yateye mu Mujyi wa Kampala....
Umuhanzikazi Av Peace ubarizwa mu itsinda Team No Sleep (TNS), amaze imyaka irenga irindwi afite itera imbere rihambaye mu ruganda rw’umuziki wo muri Uganda, yavuze ko ageze igihe cyo gutegura igitaramo cye cy’ifura. Nubwo yashyize hanze indirimbo nyinshi...