Umuraperi w’Umunya-Amerika Lil Poppa (Janarious Mykel Wheeler) yapfuye afite imyaka 25 ku wa 18 Gashyantare 2026, ndetse amakuru mashya aturuka mu iperereza arimo gutuma abantu benshi mu bakunzi be n’abakurikiranira hafi umuziki wa Hip-Hop batekereza ko ashobora kuba...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Clever J yongeye kuvugaku bibazo bimaze igihe bivugwa mu rugo rwe, agaragaza ko yamaze amezi hafi atandatu ataba mu nzu yabanagamo n’umugore we, nyuma y’amakimbirane akomeye yabaye hagati yabo. Umuhanzi Clever yatangaje ko yamaze amezi atandatu...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Rachel K (Rachel Kiwanuka) yatangaje ku mugaragaro uko umuryango we ubanye mu mahoro nubwo bafite imyemerere itandukanye. Rachel K yavuze ko nyina, icyamamare mu muziki wa Uganda Halima Namakula, ari Umuyisilamu w’ukuri kandi wubahiriza...
Icyamamare kuri TikTok Luwilight yagaragaje ko ari umwere mu makosa yamurezweho, ndetse avuga ko ababariye Zuena Kirema na Bebe Cool, bari mu bibazo bye bikaba aribyo byatumye Luwilight atabwa muri yombi . Luwilight, wafunzwe iminsi irenga mirongo itatu...
Umuhanzikazi Jowy Landa yongeye kuvugwaho amakimbirane, nyuma y’uko utunganya indirimbo (producer) Bwoy Magical amushinje ko yanze kumwishyura amafaranga y’akazi yamukoreye muri studio. Nk’uko Bwoy Magicalabitangaza, Jowy Land yakoreye imishinga myinshi y’umuziki muri studio ye, amwizeza ko azamwishyura nyuma...
Umuhanzi Alexander Bagonza wamamaye nka A pass, yasubije amagambo aherutse gutangazwa na Nalebo wamunenze avuga ko abafaba be batiyongera kandi ko undurimbo ze zidashobora gukundwa n’abantu benshi. Mu kiganiro cyatambutse kuri Now Media UG, Jonathan Nalebo yagize ati:...
Chris Ngabonziza, uzwi ku izina rya Tontonchris, wahoze mu itsinda rya Cool Family, yasubiye ku rugamba rw'umuziki. Kuri ubu yamaze gusohora indirimbo ebyiri icyarimwe icyarimwe arizo: Kiberinka yafatanyije na Amalon ndetse na Look Around XOXO yafatanyije na Ariel...
Isi y'ubuhanzi yahuye n'igihombo gikomeye nyuma y'urupfu rwa Lil Poppa, umuraperi w'imyaka 25 wari wazamutse mu buryo butangaje muri Amerika. Yapfuye ku wa 18 Gashyantare 2026, asiga inyuma umurage w'indirimbo zikomeye zivuga ku buzima nyakuri. Lil Poppa, wari...
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo hatangire irushanwa rya Tour du Rwanda 2026, imyidagaduro na yo yamaze gufata indi ntera. Abategura “Tour du Rwanda Festivals” batangaje urutonde rw’abahanzi bazasusurutsa abazitabira iri rushanwa, ibintu byamaze kuzamura amarangamutima y’abakunzi b’umuziki...
Umuhanzi w’icyamamare ukora injyana ya Afropop, John Blaq yatangaje ko afite gahunda yo gukora igitaramo kizaba gikomeye muri uyu mwaka, kikazaba ari igitaramo cyigaragaza igaruka (Comeback) mu muziki neza, ni nyuma y’igitaramo gihambaye yaherukaga gukora mu mwaka wa...