• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Jackie Chandiru yavuze ko uruganda rw’umuziki rwatakaje agaciro

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 9, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi w’icyamarere akaba n’umwe bagize itsinda Blu*3, Jackie Chandiru, yavuze ko uruganda rw’umuziki rwataye agaciro muri Uganda.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Jackie Chandiru yasobanuye ko kubera urubyiruko rwinshi rushaka kwamamara vuba kandi byihuse ku mbuga nkoranyambaga, ibintu by’ingenzi bikoreshwa mu muziki byagiye bibuara bianakaza agaciro kabyo.

Yagize ati: “Ubu ndatekereza ko nta cyerekezo cy’umuziki muri Uganda. Ndabivuga kuko n’iko kuri rwo, nta cyerekezo cy’umuziki gihari rwose muri iki gihe.”

Yakomeje agira ati: “Umuntu avuze ijambo runaka rihita ryamamara (Viral), ejo kumva ryajambo riri mu ndirimbo. Nya cyerekezo gihari kabasa. Umuntu wese ubishaka ahita ajya muri studio akaririmba, ndakurahiye uruganda rw’umuziki rwarangiritse.”

Yagiriye inama abakora ibikorwa by’ubuhanzi n’abakora ibikorwa bishya byigajemo ubungeni gushaka abafite impano, bakabibandaho bakabateza imbere aho kwinjira mu muziki gutyo gusa.

Yagize ati: “Niba uri TikToker kandi ukora udukino (skits) neza, komeza ubikore. Ujye utezimbere ubwo buhanga bwawe, ububyaze umusaruro. Ntugerageze kuririmba kuko ufite abo ukurikira ntabwo uzabishobora. ‘Yego’ rimwe na rimwe bishobora kugenda neza, ubundi ntibigende, ariko ntugakoreshe urubuga rwawe usenya umwuga w’ubuhanzi cyangwa utesha agaciro abandi. Ari rwose biragoranye pe!!”

Previous Post

Uburyo bwo kugabanya kubyimba mu maso – inzobere zirahishura ukuri

Next Post

Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Ava Peace yatangaje ko yiteguye gukora igitaramo ku nshuro ya mbere

Ava Peace yatangaje ko yiteguye gukora igitaramo ku nshuro ya mbere

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n’inkangu

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n'inkangu

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.