• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, June 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Rihanna yabaye ahunze urugo rwe ruri muri Los Angeles nyuma yo kurusimbuka

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Rihanna yavuye mu Mujyi wa Los Angeles aho asanzwe atuye, nyuma y’iminsi mike umugore witwaje intwaro arashe ku nzu ye.

Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo inzu ya Rihanna iherereye ahazwi nka Beverly Hills yarashweho amasasu 10, ariko ararusimbuka.

Ikinyamakuru TMZ cyakurikiranye iyi nkuru cyahishuye ko nyuma y’iri rasa, Rihanna yahise asohoka mu Mujyi wa Los Angeles akoresheje indege bwite, icyakora ntabwo cyatangaje aho yerekeje.

Iki kinyamakuru cyagaragaje ko Ivanna Lisette Ortiz ukekwaho kurasa amasasu ku rugo rwa Rihanna yari yarigeze kujyanwa mu kigo cy’abafite uburwayi bwo mu mutwe mbere ya 2023, ndetse anamburwa uburenganzira bwo kurera umwana we w’imyaka 10.

Amakuru ahari avuga ko inzu ya Rihanna yarashweho mu gihe yari mu rugo ari kumwe n’abana be batatu, gusa umugabo we, ASAP Rock ntiyari ahari.

Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo uyu mugore uri mu kigero cy’imyaka 30, yatwaye imodoka ye yerekeza ahatuye Rihanna, maze arasa urufaya rw’amasasu menshi ku nzu ye, gusa ntibizwi icyamuteye gukora ibi.

Polisi yahise yihutira gutabara, ita muri yombi uyu mugore ukekwaho icyaha, ndetse iperereza riracyakomeje kugira ngo hamenyekane impamvu yabimuteye.

Nyuma y’iryo raswa ndetse uwarashe agatabwa muri yombi, ku mugoroba wo ku wa 9 Werurwe 2026 yaje kurekurwa nyuma yo gutanga ingwate y’ibihumbi 10$.

Previous Post

“Nta muhanzikazi mfata nk’inshuti ya hafi” – Ava Peace

Next Post

Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Big Eye yavuze ku mutungo afite n’urukundo rwe na Inaya

Big Eye yavuze ku mutungo afite n’urukundo rwe na Inaya

Ava Peace yahishuye indirimbo akunda kurusha izindi

Ava Peace yahishuye indirimbo akunda kurusha izindi

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.