• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, June 5, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Jowy Landa yahakanye ubucuti bukomeye na Ava Peace

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
March 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Jowy Landa yavuze ko atigeze aba inshuti magara n’umuhanzi mugenzi we Ava Peace, nubwo hari benshi bakomeje kuvuga ko bombi bagiranye amakimbirane.

Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV Uganda, aho yasobanuye neza uko umubano wabo wari umeze nyuma y’ibihuha byavugaga ko batandukanye nabi.

Jowy Landa yavuze ko nubwo yakoranye indirimbo na Ava Peace, abantu benshi bahise bakeka ko ari inshuti magara, nyamara atari ko byari bimeze.

Yagize ati: “Nta kibazo mfitanye na we, ariko ntabwo twigeze tuba inshuti z’akadasohoka. Ni umuntu twakoranye indirimbo gusa.”

Umuhanzi Jowy Linda ahakana ko nta kibazo afitanye na mugenzi Ava Peace

Ibi bije nyuma y’uko Ava Peace na we yari aherutse gutangaza ko kuba batakigaragara hamwe cyane biterwa n’uko buri wese yahugiye mu bikorwa bye bya muzika.

Mu kiganiro, abari bakiyoboye banasabye Jowy Landa guhamagara Ava Peace kuri telefoni live kugira ngo yerekane ko nta kibazo kiri hagati yabo.

 Ku ikubitiro Jowy yabanje gutungurwa n’icyo cyifuzo, abaza impamvu byari ngombwa kumuhamagara mu kiganiro kiri live.

Nyuma ariko yemeye kumuhamagara, mu rwego rwo kugaragaza ko nta makimbirane bafitanye.

Jowy Landa yakomeje asobanura ko nubwo bafitanye ubucuti, batigeze baba “best friends” nk’uko bamwe babitekereza.

Yagize ati: “Turi inshuti zisanzwe, ntabwo turi besties kuko besties baba bahorana igihe cyose, twe si ko bimeze.”

Uyu muhanzikazi yanagaragaje ko umuntu yigeze gufata nk’inshuti magara mu muziki ari Nandor Love, gusa ngo uko iminsi yagiye ihita buri wese agenda ahugira mu bikorwa bye.

Yasoje avuga ko kuri ubu umuntu afata nk’inshuti ye ya hafi kurusha abandi ari nyina umubyara, kuko ari we bahorana cyane kandi umuba hafi mu buzima bwe bwa buri munsi.

Previous Post

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n’inkangu

Next Post

“Nta muhanzikazi mfata nk’inshuti ya hafi” – Ava Peace

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Aston Villa Yegukanye Europa League

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Ikipe ya Aston Villa yatsinze SC Freiburg ibitego 3-0 yegukana UEFA Europa League ku nshuro ya mbere mu mateka yayo....

Next Post
“Nta muhanzikazi mfata nk’inshuti ya hafi” – Ava Peace

"Nta muhanzikazi mfata nk'inshuti ya hafi" - Ava Peace

Rihanna yabaye ahunze urugo rwe ruri muri Los Angeles nyuma yo kurusimbuka

Rihanna yabaye ahunze urugo rwe ruri muri Los Angeles nyuma yo kurusimbuka

Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.