Umuhanzi w’Umunyarwanda, Itahiwacu Bruce wamenye nka Bruce Melodie ari mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa aho yamaze gukorana indirimbo nshya na mugenzi we w’Umunya-Nigeria, Oxlade, wamamaye mu ndirimbo nka ‘Ku lo sa’. Impinga, yamenye ko Bruce Melodie yerekeje...
Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yigeze gucika intege ku buryo yatekereje ku kureka umuziki, nyuma y’uko imodoka ye yibwe akiri umunyeshuri muri kaminuza. Spice Diana yavuze ko ibyo byabaye ubwo yari ageze mu mwaka wa gatatu wa kaminuza...
Muri iki cyumweru gishize abahanzi baromo Joshua Baraka, K!Mera na Sheerm Mwanje, n’abandi, bashize hanze indirimbo nshya , aho muri iyi nkuru turi bugaruke muri zimwe muri zo ndirimbo. Girl In Ibiza – With U feat. Joshua Baraka...
Umucuranzi uvaga umuziki (Dj) akaba n’umunyamakuru Etania Mutoni ari kwitegura gukora ikintu gikomeye cyane ko azaba ari mu bazasusurutsa abazitabira Pool Party Programme izabera mu iserukiramuco rya Afro Nation Festival riteganyijwe vuba aha. Etania Mutoni abaye Dj wa...
UmuhanzikaziTracy Kirabo, wamamaye nka Pia Pounds, yatangaje ko mbere yo gukora mu muziki yigeze gukora akazi ko gutwara imodoka zikodeshwa binyuze kuri Uber mu rwego rwo gushaka imibereho. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Pia Pounds yavuze ko mu mwaka...
Umuhanzi ufite ubunararibonye , Maste Parrot, yagarutse ku mibereho ye n’ibyo yanyuzemo igihe yakoreshaga ibisindisha, avuga ko ubu agiye ku kwibanda kubaka ubuzima bwe n’umuziki we, anasaba abategura ibitaramo kumuha amahirwe yo kongera kuririmba ku rubyiniro. Mu kiganiro...
Umuhanzi A Pass yatangaje impamvu yahise kwikorera studio ye bwite aho gukomeza kugenda yifashisha az’abandi mu gutunganya amajwi. Mu gusobanura urugendo rwe mu muziki, A Pass yavuze ko icyemezo yafashe cyatewe n’ibibazo yahuye na byo mu ntangiriro z’umwuga...
Umuhanzi A Pass yatangaje ko yigeze gucika intege mu rukundo ku nshuro ya mbere mu buzima bwe, avuga ko byabaye mu ntangiriro z’igihe yatangiriyeho gukundana. Mu kiganiro yagiranye na NRG Radio Uganda kuri uyu wa Gatanu mu gitondo,...
Nubwo mu myaka ibiri ishize yakoze indirimbo nyinshi ndetse ahakaba harimo n’izo yakoranye n’abandi bahanzi zakunzwe cyane, umuhanzi Dax Vibez wo mu itsinda rwa Vibrationz Entertainment yavuze ko hari bamwe mu bahanzi yicuza kuba yarakoranye na bo muri...
Hon. Robert Migadde Ndugwa, Perezida wa SACCO nteka ishinga amategeko ya Uganda, yatangaja amakuru mashya ku bijyanye n’amafaranga yizigamiwe n’ayakusanyijwe nyuma ya nyakwigendera Muhammad Ssegirinya. Mu kiganiro yagiranye na SparkTV, Migadde yasobanuye ko iyo SACCO ihuriyemo n’abagize Inteko...