Umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yamaze kubona amahoro n’ibyishimo byuzuye mu mugore we, avuga ko ari we rukundo rw’ubuzima bwe, ndetse yanahakanye ibihuha bimaze iminsi bivugwa ko yaba ari hafi kwibaruka. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Ykee...
Umuhanzi wa Dancehall Crescent Bagama, wamamaye nka Beenie Gunter, yatangaje umubano we na perezida w’ihuriro ry’abahanzi bo muri Uganda (UNMF), Eddy Kenzo, uko uhagaze, ndetse hari n’amakuru avuga ko umubano w abo waba urimo agatotsi. Beenie yashimangiye ko...
Mu kiganiro yanyujije kuri TikTok Live, muhanzi w’icyamamare muri Uganda Bruno K yatangi igikorwa cyo gukusanya inkunga (Fundraiser), aho yaguriye amapikipiki (moto) abiri Sharif Mukama, umumotari (boda boda) wari wibwe moto yo mu bwoko bwa Bajaj Boxer n’abagize...
Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze ko yigeze ku yakorsha agamije guhindura isura ye inzobe. Mary Bata yavuze ko ari umwe mu bahuye n’ingaruka...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda Sheebah Karungi, yatangaje ko yagiye muri prodacast, aho yavuze ko azajya akora ikiganiro yise ‘Let’s Talk About It.’ Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ku wa kabiri taliki ya 02 Gashyantare 2026, aho uyu muhanzikazi...
Abantu 195 bagororerwa mu Ikigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza nyuma y’igiterane cy’ivugabutumwa cyahakorewe na Korali Ambassadors of Christ ku wa 21 Gashyantare 2026. Iki giterane cyari kigamije kubaha ubutumwa bw’ihumure n’icyizere, kibutsa abahagororerwa ko bishoboka guhinduka no...
Umuhanzi Christopher Muneza agiye kongera guhura n’abakunzi be mu buryo budasanzwe, aho azifashisha igitaramo cya Gen-Z Comedy Show kizabera muri Camp Kigali ku wa 26 Gashyantare 2026. Iki gitaramo gisanzwe kizwiho guhuza urubyiruko n’ibyamamare binyuze mu gice cyitwa...
Muhanzi Clever J yatangaje amafaranga yakuye mu gitaramo yakoze cyagarukaga ku rugendo rwe rwa muzika, avuga ko yahawe amafaranga angana na miliyoni 20 z’amashiringi ya Uganda. Iki gitaramo cyiswe “Returnof Clever k” cyabaye muri Kanama 2023, akaba cyari...
Umuhanzikazi Rahmah Pinky yashyize ahagaragara inkuru yihariye ku rugendo rwe mu muziki, agaragaza uko indirimbo ye ya mbere yamugize icyamamare yahinduye icyerekezo cy’ubuzima bwe, agahitamo gusubika amasomo ya kaminuza. Uyu muhanzikazi wari watangiye kwiga icyiciro cya Bachelor of...
Umuziki wa Gospel nyarwanda ukomeje kwambuka imipaka, aho umuhanzi Josh Ishimwe ari kwandika indi paji nshya mu rugendo rwe, ategura igitaramo cye cya mbere muri Poland. Uyu muririmbyi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yageze i...