Umwamikazi wa “Hype” mu itangazamakuru, wamamaye nka Media Messiah, Azeezah Hashim, ari mu bari guhindura isura y’imyidagaduro muri Afurika y’Iburasirazuba. Uyu mukobwa wavukiye i Nairobi amaze kuba umwe mu banyamakuru n’abanyamidagaduro bakunzwe cyane, abikesha ijwi rye ryihariye, imbaraga...
Umuhanzikazi Tracy Melon yavuze ukuri ku modoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz ihenze yerekanye vuba aha, avuga ko atari iyo yaguze amafaranga ye, ahubwo ko yayihawe nk’impano. Mu gusobanura iby’iyo modoka, Tracy yavuze ko atigeze akoresha amafaranga...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026 nibwo Kivumbi King afatanyije na Juno Kizigenza ndetse na Bob pro utuganya indirimbo bashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho indirimbo yabo nshya bahuriyemo bise “Kirigute” Izina ry’iyi ndirimbo rikomoka...
Umuhanzikazi “King Herself,” wamamaye nka Cindy Sanyu, mu kiganiro cyihariye yagiranye na Baba Tv Uganda, yavuze ku itandukaniro riri hagati y’uruganda rw’umuziki muri Uganda n’urwa Mpuzamahanaga. Cindy yasobanuye ko n’ubwo abahanzi mpuzamahanga bakunze kubona amafaranga menshi cyane, akenshi...
Umuhanzikazi Cindy Sanyu yasobanuye uko amafaranga azajya asaraganywa nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko rushya rya copyright. Cindy yavuze ko iyi gahunda nshya ari intambwe ikomeye ku bahanzi, cyane ko mu myaka yashize ari bo...
Umuhanzikazi Jowy Landa yatangaje ko yifuza gukorana indirimbo n’umuhanzi King Saha, avuga ko amufitiye urukundo rukomeye. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Jowy Landa, ukomeje gushyira hanze indirimbo nshya uko bukeye n’uko bwije, yagaragaje ko impano idasanzwe ya King Saha...
Mu gihe abahanzi mpuzamahanga bakomeje gushimwa cyane mu bitaramo bakorera mu Rwanda, hagenda hagaragara impak ku abahanzi b’imbere mu gihugu badatanga umusaruro ungana n’uwabo, aho benshi batunga agatoki ikibazo cy’amikoro make bahabwa. Ni mu murongo umwe n’ibi, umuhanzi...
Umuririmbyi Element EleéeH, ubifatanya no gutunganya indirimbo, yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze album ye ya mbere yahurijeho abahanzi mpuzamahanga bakomeye barimo Ruger, Kizz Daniel, Qing Madi n’abandi. Ybigarutseho bwa mbere ubwo yaganiraga na Radio Salus mu kiganiro...
Niba ukoresha imbuga nkoranyambaga cyangwa ukurikiranira hafi ibiziberaho hano mu Rwanda, biragoye ko wambwira ko utazi Tesha, inshuti y’akadasohoka ya DJ Brianne bakunze kuba bari kumwe henshi ndetse banakorana ibiganiro banyuza kuri shene yabo ya YouTube. Tesha ashimira...
Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje ko imyambarire y’umuraperikazi, Doja Cat waraye ataramiye i Kigali ntacyo itwaye mu buhanzi gusa ahishura ko uzabikora atari ku rubyiniro azaba akosheje. Ibi Min Abdallah yabigarutseho mu gitondo...