Abanyarwenya bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Patrick Salvador na Teacher Mpamire bageze i Kigali aho bitegura gususurutsa abakunzi b’urwenya mu gitaramo Thank You God It’s Funny kizaba ku wa 6 Werurwe 2026. Aba banyarwenya bageze ku Kibuga...
Mark Bugembe wamamaye nka Buchaman yavuze uko abona urugendo rw’umuyobozi w’ishyaka ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, yavuze ko kuzamuka kwe nk’umuyobozi ukomeye w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ko byari byarateguwe kandi ko byubatswe buhoro buhoro. Nk’uko Buchaman yabitangaje,...
Umuhanzi Pallaso yatangaje uko abona ibitaramo mu buryo butandukanye n’uko benshi babitekereza, ashimangira ko kuri we atareba ibijyanye n’amafaranga gusa. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Pallaso yasobanuye ko adategura ibitaramo kubera umwaka mushya cyangwa se kubera ko...
Umuhanzi akaba n’utunganya indirimbo ukomoka mu Rwanda Element Eleeh akomeje kwagura ibikorwa bye mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho ategerejwe gutaramira i Kampala muri Uganda mu gitaramo gikomeye cya Comedy Store. Iki gitaramo giteganyijwe kuba muri Werurwe 2026...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Pia Pounds, amazina ye bwite akaba Tracy Kirabo, yongeye kuvuga ku buzima bwe bw’urukundo, by’umwihariko ku buryo yakiriye gutandukana n’uwahoze ari umukunzi we Daville Mutabazi. Uyu muhanzikazi yavuze ko nubwo gutandukana bishobora kuba ibintu...
Umuhanzikazi w’Umunyamerika Kesha ari mu mpaka n’Ubutegetsi bwa White House nyuma yo kuvuga ko indirimbo ye “Blow” yakoreshejwe mu mashusho agaragaza ibikorwa bya gisirikare nta burenganzira yatanze. Ibi byatangiye kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga ku wa 2 Werurwe...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda Eddy Kenzo yasubije amagambo ya mugenzi we Lil Pazo wamushinje we na Bebe Cool kudafasha abahanzi bagenzi babo bahura n’ibibazo mu ruganda rw’umuziki. Ibi byakurikiye ibiganiro Lil Pazo yagiranye na Perezida wa Uganda Yoweri...
Umuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi wo gushinga ‘label’ ye bwite mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Bafana yavuze ko Radio yari amaze igihe...
Umuhanzi w’umudancehall wo muri Uganda, Coco Finger, yongeye gutungurana nyuma yo gutangaza inkuru idasanzwe ku buzima bwe bwo hambere mbere y’uko aba icyamamare. Uyu muhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo “Emikono Wagulu” yavuze ko hari igihe mu minsi ye...
Mu gihe benshi batekerezaga ko intambara y’inkundura ya Brad Pitt n’uwahoze ari umugore we Angelina Jolie yarangiye mu 2024, hari ibimenyetso bishya bigaragaza ko ayo makimbirane ashobora kuba agihari, noneho agaragarira ku mazina y’abana babo babyaranye. Impaka zongeye...