• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, June 5, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nta muhanzi uzongera guhendwa ku bihangano bye” – Cindy Sanyu

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 19, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Cindy Sanyu yasobanuye uko amafaranga azajya asaraganywa nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko rushya rya copyright.

Cindy yavuze ko iyi gahunda nshya ari intambwe ikomeye ku bahanzi, cyane ko mu myaka yashize ari bo bakoraga cyane ariko bagahabwa amafaranga make ugereranyije n’abandi bafatanyabikorwa.

Yagaragaje ko mu buryo bushya, abahanzi bazajya bafata 60% by’amafaranga yinjizwa, mu gihe 40% azajya asaraganywa hatagti ya Leta, abafatanyabikorwa, n’abatunganya umuziki (producers).

Cindy yavuze ko kugira ngo producers bungukire cyane muri iyi gahund, bagomba kubanza kwandikisha injyana (Beat) zabo mu bigo birimo Uganda Performing Rights Society (UPRS) na Uganda Registration Services Bureau (URSB).

Ati: “Kugira ngo producer abone amafaranga muri iyi gahunda, agomba kuba yarandikishije beats ze muri UPRS na URSB kugira ngo ahabwe code. Buri gihe iyo beat ikoreshwa, abasha kubona inyungu ye.”

Yongeyeho ko abatunganya umuziki batifuza gukoresha ubu buryo bwo kwiyandikisha, bashobora kumvikana n’abahanzi ku buryo bazishyurwa mu buryo bwihariye mu gihe bakorera hamwe muri studio.

Cindy kandi yanaburiye abahanzi bakora remix, abasaba kubanza gusaba uburenganzira bwanditse mbere yo gusubiramo ibihangano by’abandi.

Ati: “Ntabwo byica amategeko igihe cyose bafite uburenganzira bwanditse kandi bwatanzwe n’umuhanzi nyiribwite. Rero iyo ufite ubwo burenganzira bukwemerera gukora remix y’indirimbo cyagwa beat, ariko iyo utabufite urahanwa igihe wakoresheje igihangano utabiherewe uburenganzira.”

Yasoje ashimangira ko yiteguye ko abandi bashobora kungukira ku bihangano bye, ariko binyuze mu bwumvikane hagati y’impande zombi.

Ati: “Igihe cyose twicaye tukaganira ku buryo nshobora kubona umugabane wanjye, nta kibazo nabigiraho. Dushora amafaranga menshi mu muziki wacu, ni yo mpamvu tugomba kubona inyungu zawo.”

Previous Post

Jowy Landa yatangaje ko yifuza gukorana na King Saha

Next Post

“Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge” – Cindy Sanyu

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
“Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge” – Cindy Sanyu

"Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge" - Cindy Sanyu

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise "Kirigute"

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.