Mu kiganiro Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’Abayisilamu ku wa 25 Werurwe 2026, hagaragaye umubyeyi witwa Batamuliza watangaje ko yigeze gukina muri filime y’Abahinde yitwa Saaho. Uyu mugore yavuze ko nubwo yavuye mu Rwanda kera, amaze igihe...
Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko abakobwa n’abagore bakiri bato bakwiye kwakira uko basa, batiyambaje makiquillage, cyane ko kuyishingikirizaho bishobora kubangiriza ubwiza n’ikizere bari bifitiye. Uyu muhanzikazi uvuga ko ubusanzwe adakunda gukoresha amavuta y’ubwiza, ahubwo abikora bitewe na kazi...
Umunyemari w’icyamamare Leonid Radvinsky, wari nyiri urubuga OnlyFans ruzwi cyane ku isi, yitabye Imana afite imyaka 43 azize indwara ya kanseri, ibintu byateye agahinda kenshi mu bakurikiranira hafi ikoranabuhanga. Urupfu rwatunguranye n’itangazo rya OnlyFans Amakuru y’urupfu rwe yemejwe...
Umuhanzikazi Doja Cat yigeze kunyura mu bihe bikomeye akiri umwana, aho yagaragaje agahinda gakomeye ko gukura atazi Se, ibintu byongeye kuvugisha benshi nyuma y’imyaka myinshi. Ubutumwa bwakoze benshi ku mutima Mu 2010, Doja Cat wari ufite imyaka 14...
Umuhanzi David Lutalo yagarutse ku bitekerezo by’abamunenga, ibi bibaye nyuma y’ikiganiro aherutse gukorera kuri TikTok Live, aho yatanze nomero yo kumuhamagaraho ku bashaka ku mutumira mu bitaramo. Ibi byabaye ku wa Gatandatu, ubwo Lutalo yasomaga nimero ye ku...
Umuhanzikazi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo Doja Cat, uherutse no gutaramira mu Rwanda mu iserukiramuco rya Move Afrika, ari mu ntambara y’amagambo na se Dumisani Dlamini nyuma y’uko amushinje kuba umubyeyi gito. Ibi byatangiye nyuma y’igitaramo uyu...
Umuririmbyi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi, Element Eleeeh yamaze kugera i Kampala muri Uganda aho aza gususurutsa abitabira igitaramo cy’urwenya cya Comedy Store gitegurwa na Alex Muhangi Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki...
Umuhanzikazi mpuzamahanga Doja Cat yongeye gushimisha abafana i Pretoria muri Afurika y’Epfo nyuma y’iminsi mike yataramiraga i Kigali. Icyo gitaramo cyabaye ku wa 20 Werurwe 2026 muri SunBet Arena, aho yakiriwe n’ibihumbi by’abafana bishimira imyambaro ye yihariye n’indirimbo...
Abahanzi b’icyamamare mu Rwanda barimo Israel Mbonyi, Bruce Melodie, Meddy na Alicia & Germaine bari mu bahataniye ibihembo bikomeye bya Africa Golden Awards 2026, bihuriza hamwe ibyamamare byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo. Africa Golden Awards...
Ah Itangazo ry'umuryango we rivuga ko "Ku bandi ku isi, yari umuhanga mu mikino njyarugamba, umukinnyi wa filimi, n'ikimenyetso cy'imbaraga. "Kuri twe, yari umugabo w'umutima, umubyeyi ukunda, wuzukuruje, umuvandimwe w'igitangaza, n'umutima w'umuryango wacu." Kugeza no mu myaka yari...