Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zari Hassan yahakanye amakuru y’ibihuha yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, aho yavugaga ko atishimira umugabo we Shakib Chama Lutaay. Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amafoto (screenshots) agaragaza amagambo asa n’ayanditswe na...
Amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’iserukiramuco rya Move Africa , cyatumiwemo umuhanzikazi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America akaba numwe mu bakomeye ku rwego mpuzamahanga, yamaze gushira ku isoko. Aya matike yashize mbere y’uko igitaramo...
Miss wacyuye igihe wa Uganda, Hannah Karema Tumukunde, yinjiye mu ipiganwa ryo kuyobora Guild muri Makerere University, ibintu byakuruye amarangamutima n’ibiganiro byinshi mu banyeshuri. Mu gihe amatora yegereje, abanyeshuri benshi bakomeje gukurikiranira hafi uko uyu mukobwa azitwara muri...
Umunyamakuru ukora mu gisata cy’ imyidagaduro Prim Asiimwe yatangaje ko ashobora gukundana n’umuhanzi A Pass, ariko akavuga ko hari impmvu imwe itamwerera gukundana na we. Mu kwezi kwa Kanama 2023, abakoresha imbuga nkoranyambaga benshi bagize urujijo nyuma y’uko...
Umuhanzi Deus Ndugwa, wamamaye nk Grenade Offical, bivugwa ko yahinduye idini yinjira mu idini ya Islamu, akaba yiyongera ku bandi bahanzi bo muri Uganda binjiye muri iri dini rya Islamu. Amakuru avuga ko uyu muhanzi yavuye mu idina...
Umuhanzi Edrisah Musuuza, wamamaye nka Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atekereza ko bamwe mu bagize inteko ishinga Amategeko batifuza ko umushinga w’itegeko rihindura itegeko rirebana n’uburenganzura bw’ibihangano (copyright) wemezwa. Eddy Kenzo yavuze ko nubwo abadepite benshi basobanukiwe akamaro k’iri...
Umunyarwenya Clapton Kibonge, n’umugore we Ntambara Mutoni Jackie berekanywe mu rusengero nk’umuryango ugiye gutera indi ntambwe. Uyu muhango wabaye ku Cyumweru, tariki ya 15 Werurwe 2026, mu rusengero rwa Healing Center Church ruherereye i Remera mu Mujyi wa...
Umunyamakuru ukora inkuru z’imyidagaduro Vivian Ayesiga Kabahindi, wamamaye nka Viana Indi,yasezeye ku kigo cy’itangazamakuru Next Media nyuma y’imyaka ine agikorera. Uyu munyamakuru kunze kwiyita Vybe Queen yinjiye muri Next Media muri Kamena 2022, aho yatangiye ari umunyamakuru n’umutumirwa...
Umuhanzi King Saha, yongeye kunenga ubuyobozi bwa Leta n’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, oha yabasabye kwihutisha itorwa ry’itegeko roregera uburenganzira bw’ibihangano ( Cipyright) rimaze igihe ritegerejwe n’abahanzi benshi bavuga ko rishobora guhindura cyane urwego rw’umuziki. Ibi King...
Ibirori byo gutanga ibihembo bya sinema bizwi nka Academy Awards byabaye ku nshuro ya 98 byaranzwe n’intsinzi ikomeye ya filime One Battle After Another ndetse n’iya Sinners, mu gihe abakinnyi ba filime Michael B. Jordan na Jessie Buckley...