• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge” – Cindy Sanyu

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 19, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi “King Herself,” wamamaye nka Cindy Sanyu, mu kiganiro cyihariye yagiranye na Baba Tv Uganda, yavuze ku itandukaniro riri hagati y’uruganda rw’umuziki muri Uganda n’urwa Mpuzamahanaga.

Cindy  yasobanuye ko n’ubwo abahanzi mpuzamahanga bakunze kubona amafaranga menshi cyane, akenshi bakorera mu ibigo bikomeye by’umuziki (record labels) bifite amategeko akomeye agenga imyitwarire yabo.

Yavuze ko abahanzi bazwi ku isi nka Rihanna ari urugero rwiza, aho yavuze ko n’ubwo bunguka amafaranga menshi, usaga bafite ubwigenge budaghagije.

Ati: “Itandukaniro riri ku bahanzi nka Rihanna ni uko bunguka menshi, ariko usaga badafite ubwigenge n’ubwo dufite hano muri Uganda.”

Cindy yongeraho ko abahanzi bafitanye amasezerano n’ibigo bikomeye akenshi bahabwa amategeko y’uko bagomba kwitwara, uko bagomba kuvuga, uko bagomba kwambara, ndetse rimwe na rimwe ugasanga ntibifatira byemezo byabo bwite nko kujya mu rukundo cyagwa kuba yashinga umueyango.

Mu buryo butandukanye, yagaragaje ko abahanzi bo muri Uganda bafite ubwigenge bwinshi. Bashobora guhindura uburyo bakora umuziki, guhindura buri kimwe yabo cyose, cyangwa gufata ibyemezo byabo bwite batagombye kubifatirwa n’abandi.

Yongeyeho ati: “Abahanzi bo muri Uganda bashobora gukuraho cyangwa gushyira abayobozi babo mu igihe batabaha cyagwa badakora ibyo bumvikanye,” kandi avuga mu bindi bihugu abayobozi bashyirwaho n’ibigo, kandi rimwe na rimwe bashobora gufata icyemezo niba umuhanzi akomeza cyangwa ahagarikwa.

Ku birebana n’umwuga we, Cindy yavuze ko afite aho ahagaze: yongeyeho ko nubwo yakwishimira inyungu z’umuziki mpuzamahanga, ariko ubwigenge bufite agaciro kurusha ibindi byose ku muhanzi.

 Yashoje agira ati: “Nkunda kwigenga cyane kuruta ibindi byose, sijya nifuza ku yoborwa n’umuntu uwa ari we wese, ubwigenge ni ubwa mbere.”

Previous Post

“Nta muhanzi uzongera guhendwa ku bihangano bye” – Cindy Sanyu

Next Post

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise "Kirigute"

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

Azeezah Hashim akomeje kwigaragaza ku Isi

Azeezah Hashim akomeje kwigaragaza ku Isi

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.