Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Joeboy yatangaje ko umunyamuzikazi w’Umunya-Afurika y’Epfo Tyla yari akwiriye igihembo cya Grammy Awards cya 2026 mu cyiciro cya Best African Music Performance, nubwo hari bamwe mu bakunzi b’umuziki bo muri Nigeria batabyishimiye. Mu ntangiriro za Gashyantare...
Mu gihe Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wa 2026 wizihizwa ku wa 8 Werurwe, insanganyamatsiko mpuzamahanga igira iti: “#GiveToGain”, iri ku isonga, iyi nsanganyamatsiko ishishikariza abantu kugira umutima wo gutanga no gukorana kugira ngo bagere ku iterambere n’uburinganire hagati y’umugore...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Grace Khan yatangaje ko yasohotse mu ivuriro ryita ku bantu bafite ikibazo cy’ubusinzi, nyuma y’igihe ari kuvurirwa ubusinzi bw’inzoga. Uyu muhanzikazi yavuze ko ubu ari gutangira ubuzima bushya, anashimira abamubaye hafi mu bihe bikomeye...
Umuhanzi Daxx Kartel yanenze uburyo leta itanga amafaranga ku bahanzi, avuga ko iyo gahunda ishobora kuteza ibibazo mu ruganda rw’imyidagaduro mu gihe kirekire. Mu kiganiro yagiranye na Gossip Live, Daxx Kartel yavuze ko aho guha amafaranga abahanzi nk’impano,...
Ikigo Talent Africa Group ku bufatanye na Abeeka Band batangaje ibiciro by’amatike y’igitaramo gikomeye cyiswe “Roots & Vibes Concert” giteganyijwe kubera mu mujyi wa Kampala ku wa 2 Gicurasi 2026. Abategura iki gitaramo batangaje ko itike isanzwe (Ordinary)...
Umuraperi w’icyamamare muri Uganda, Navio, yatangaje ko afite gahunda yo kongera gukora igitaramo muri uyu mwaka, nyuma y’uko yagize igitaramo cyiza Orchestra Experience cyabaye umwaka ushize. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Navio yavuze ko igitaramo arimo gutegura muri uyu...
Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye ku wa 6 Werurwe 2026. Aya makuru Mushashi yayasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho yashyize amafoto agaragaza ibyishimo...
Uko imbuga nkoranyambaga zikomeza gutuma abahanzi n’abanyempano bagera ku mpano zabo mu buryo twavuga bworoshye, ni na ko bamwe muri bo batangiye gukoresha ayo mahirwe bityo bagahura n’abafana babo imbonankubone. Ni muri urwo rwego Gateka Brianne wamamaye nka...
Umwuka mubi hagati ya Yung Mulo na Alien Skin ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko Mulo atangaje ko umuyobozi wa Fangone Forest, Atari umuhanzi, ahubwo ari umuntu ukunda kwigararagaza cyane kuri Tik Tok. Alien Skin, Umuyobozi wa Fangone...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite ibibazo bikomeye by’ubuzima. Uyu muyobozi wa Big Talent Entertainment yavuze ko arwaye bikomeye indwara y’igifu (ulcers), bityo bigatuma...