Delivad Julio wo mu itsinda rya B2C Boys yavuze ko kugereranya Joshua Baraka na Eddy Kenzo bidakwiye kandi bidafite ishingiro. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo Joshua Baraka ari kuzamuka neza ku rwego mpuzamahanga, kumugereranya na Eddy Kenzo ari...
Umuhanzikazi Azawi yatangaje ko nta muhanzi wo mu gihe cye wamuhangara ku rubyiniro mu bihe bya nyuma ya COVID-19. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo “Repeat It” yavuze ko yizeye cyane impano ye,...
Abahanzi barimo Iryn Namubiru, Rema Namakula na Eddy Kenzo, bashyize hanze amashusho y’indirimbo zabo nshya, muri y’inkuru tugiye kugaruka muri zimwe muri zo ndirimbo. • Sikumanyi – Eddy Kenzo Iy’indirimbo yakozwe na Kelly Yo na Butar Magical. Indirimbo...
Joseph Mwendwa, wamamaye nk Dj Joe Mfalme, ari mu gahinda nyuma yo gupfusha umubyeyi we yakundaga cyane, Milicent Munoru, kaba yari tabye Imana azize indwara ya Kaseri (cancer), nk’uko umuryango wabitangaje. DJ Joe Mfalme ni we watangaje iyi...
Renowned gospel artiste Sarah Sanyu yavuze ku rugendo rwe mu muziki ku giti cye, imbogamizi yahuye na zo ndetse n’impamvu yemera ko ibihe bye byiza bikiri imbere. Uyu muririmbyi uzwi cyane muri Ambassadors of Christ, yatangiye urugendo rwe...
Umuhanzikazi Juliana Kanyomozi yahakanye amakuru avugwa ko yaba yaraharitse gukora umuziki, nyuma yo kuva mukirihuko yari yarafe amaze yabyaye. Juliana yagarutse kuri ibyo bihuha mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru Allan Cruz, aho yasobanuye neza ko akunda umwuga we...
Mukeshimana Dorothée, umwe mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’abagore (She-Amavubi), yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye ava muri Kayserispor WFC yo muri Turquie akagaruka mu Rwanda, ari ubuzima butamworoheye burimo n’ubukonje bwinshi. Uyu mukinnyi yari amaze amezi umunani muri iki...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyizwe mu bagize akanama kagizwe n’impuguke 16 kayobora Mashariki Arts Academy, ishuri rifite aho rihuriye n’iserukiramuco rya Mashariki African Film Festival. Ni ubwa mbere uyu muhanzi umaze imyaka irenga...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 25 Werurwe 2026, uruganda rw’imyidagaduromuri Uganda rwashenguwe n’urupfu rw’umukinnyi wa filime Esteri Tebandeke, witabye Imana azize uburwayi bw’impiko. Nk’uko byatangajwe n’ibitangamakuru byizewe, Esteri yari amaze igihe kinini mu bitaro aho ubuzima bwe...
Umuraperi w’Umunyamerika NLE Choppa agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ya mbere mu gitaramo cya Fuego Fest, giteganyijwe kuba ku wa 24 Kamena 2026. Amakuru dukesha The New Times avuga ko abategura iki gitaramo bo mu kigo cya...