• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Ibyihariye kuri ‘Saaho’, filime Batamuliza yabwiye Perezida Kagame ko yakinnyemo

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
March 25, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mu kiganiro Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’Abayisilamu ku wa 25 Werurwe 2026, hagaragaye umubyeyi witwa Batamuliza watangaje ko yigeze gukina muri filime y’Abahinde yitwa Saaho.

Uyu mugore yavuze ko nubwo yavuye mu Rwanda kera, amaze igihe atuye muri South Korea, ariko ubu akaba yaragarutse mu Rwanda aho atuye mu gace ka Nyamirambo muri Kigali.

Batamuliza yavuze ko ubwo yakinaga muri iyo filime ari kumwe n’abakinnyi b’Abahinde ndetse n’abanyamahanga bandi, bamubajije igihugu akomokamo ababwira ko ari umunyarwandakazi.

 Yavuze ko byatumye bamwe muri bo bagaragaza ko bakunda u Rwanda ndetse na Perezida Paul Kagame.

Ati: “Bambajije aho mva mbabwira ko ndi Umunyarwandakazi. Bambwiye ko bakunda u Rwanda na Perezida warwo, banansaba ko nakina igice cyanjye mvuga mu Kinyarwanda kugira ngo n’iwabo bizabamenyekanishe.”

Filime Saaho yasohotse mu 2019, ikaba iri mu zikunzwe cyane muri sinema y’u Buhinde kubera uko yakozwe ku rwego rwo hejuru ndetse n’abakinnyi b’ibyamamare bayigaragayemo.

Batamuriza uwa gatatu uturutse iburyo. Aka ni kamwe mu duce yagaragayemo muri iyi filimi ya Saaho

Iyi filime yamaze iminota 170, yanditswe inakorwa n’umuyobozi wa filime w’Umuhinde Sujeeth Reddy.

Mu bakinnyi bakomeye bayigaragayemo harimo Prabhas, Shraddha Kapoor, Chunky Panday, Jackie Shroff, Arun Vijay na Neil Nitin Mukesh, bose bazwi cyane muri sinema y’u Buhinde izwi nka Bollywood.

Batamuliza yagaragaje ko kuba yaragize amahirwe yo gukina muri iyi filime ari kimwe mu byamweretse ko u Rwanda rumaze kumenyekana ku rwego mpuzamahanga.

Yasoje asaba Perezida Paul Kagame ko yamwemerera umwanya akamugezaho umushinga afite yifuza gukorera mu Rwanda, maze yizezwa ko azashakishwa agafashwa kuwugeza ku nzego zibishinzwe.

Previous Post

Mu myaka itanu ishize amadovize yinjizwaga n’ibikomoka ku buhinzi yikubye hafi kabiri

Next Post

FIFA Series 2026: U Rwanda rugiye kwakira imikino mpuzamahanga idasanzwe

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
FIFA Series 2026: U Rwanda rugiye kwakira imikino mpuzamahanga idasanzwe

FIFA Series 2026: U Rwanda rugiye kwakira imikino mpuzamahanga idasanzwe

NLE Choppa agiye gutaramira i Kigali muri Fuego Fest

NLE Choppa agiye gutaramira i Kigali muri Fuego Fest

Umukinnyi wa filime Esteri Tebandeke yitabye Imana azize uburwayi bw’impyiko

Umukinnyi wa filime Esteri Tebandeke yitabye Imana azize uburwayi bw’impyiko

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.