Mbere y’uko imbuga nkoranyambaga zitangira kwamamaza abakinnyi, uko ni ko ibyamamare byo mu mupira w’amaguru byamenyekanaga: akantu gato kanyuraga kuri televiziyo mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, kakerekana ubuhanga buhebuje, amacenga atangaje ndetse n’imyidagaduro iryoheye ijisho, biherekejwe n’umuziki...
Umuhanzi uyobora itsinda rya punk utabona neza agiye kwitabira isiganwa rya London Marathon agamije gukusanya inkunga yo gufasha umuryango wo mu Bwongereza uharanira gufasha abafite ubumuga bwo kutabona. Phil Harrison w’imyaka 69, utuye i Paignton muri Devon, aziruka iri...
Rutahizamu wa Police FC, Emanuel Arnold Okwi, yavuze ko kuba aba kandi akinira umupira mu Rwanda bitamubereye gusa akazi, ahubwo byamwigishije amasomo akomeye ku mateka n’urugendo rwo kwiyubaka nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Okwi ashimira urugendo...
Mu gihe Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuryango wa ruhago mu Rwanda na wo wagaragaje ko wifatanyije n’Igihugu muri ibi bihe byo kuzirikana amateka no guha...
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yasize ibikomere bikomeye mu nzego zose z’ubuzima bw’igihugu, harimo na siporo. Abakinnyi, abayobozi b’amakipe ndetse n’abakunzi b’imikino itandukanye bishwe bazira uko bavutse, bituma siporo nyarwanda itakaza bamwe mu bayiteje imbere. Muri icyo gihe...
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, iri gukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igaragaza ko yifatanyije n’imiryango yabuze ababo muri ayo mateka mabi. Ubu butumwa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuze ko bamwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi bakoze ibitari byemewe ubwo bazanaga abana babo mu kibuga nyuma yo kwegukana igikombe cya FIFA Series 2026. Ibi byabaye ku wa 30 Werurwe 2026...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko Haringingo Francis Christian yongeye kugirwa umutoza mukuru wayo, nyuma y’iminsi 1,035 ayivuyemo. Ibi byatangajwe ku wa Kabiri binyuze ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe, aho Rayon Sports yakiriye uyu mutoza nk’umuntu usanzwe ari...
Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, izwi nka Leopards, yanditse amateka mashya nyuma yo kubona itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi, ihagarariye Afurika mu irushanwa rizabera muri Amerika, Canada na Mexique. Iyi kipe yageze kuri iyi...
Mu mikino ya FIFA Series 2026 iri kubera i Kigali, ikipe y’igihugu ya Tanzania yatunguwe itsindwa na Liechtenstein igitego 1-0. Umukino watangiye ku muvuduko wo hejuru, Tanzania isatira cyane aho ku munota wa 7, Fei Toto yahaye umupira...