Ku wa 22 Werurwe 2026, umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona wagombaga guhuza Gasogi United na Rayon Sports ntiwabaye nyuma y’uko Gasogi United yanga kuwukina, bituma iterwa mpaga. Icyakora, inyuma y’iki cyemezo hakomeje kuvugwa impamvu zitandukanye zirimo impinduka...
Umukinnyi w'u Rwanda Fanny Utagushimaninde yavuze ko byabaye nk'"inzozi" nyuma yo kuba umugore ukiri muto ku isi utsinze amanota 100 (century) mu mukino umwe wa Cricket mpuzamahanga (mu irushanwa rya T20), afite imyaka 15 n'iminsi 223. Utagushimaninde, ukina...
Marines FC yatsindiye Mukura VS&L i Rubavu kuri Stade Umuganda ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Werurwe 2026, wasifuwe na Ngaboyisonga Patrick utaruherutse...
U Rwanda ruzakira irushanwa mpuzamahanga ry’imikino ya gicuti ryagutse rya FIFA Series 2026, rizabera i Kigali kuva ku wa 26 kugeza ku wa 31 Werurwe 2026. Imikino izabera kuri Stade Amahoro na Kigali Pelé Stadium, aho amakipe azaba...
Muri byinshi yahushije, APR FC yatsinze Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026. Umukino watangiye saa 18:00 wasanze...
Mu mikino ibanza ya 1/8 cya UEFA Champions League 2025/2026 yakinwe ku wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026, amakipe akomeye ku mugabane w’i Burayi yagaragaje imikino ikomeye, aho Atletico Madrid yanyagiye Tottenham Hotspur mu gihe FC Barcelona...
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Etincelles FC 1-1 mu mikino wo ku munsi wa 23 wakinwe kuri iki Cyumweru saa Cyenda kuri Stade Umuganda. Mu minota 10 ya mbere Rayon Sports yashoboraga kuba yabonye igitego dore ko...
Ikipe ya APR FC yamaze kugera muri ¼ cy’irangiza mu irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2026 nyuma yo gusezerera SC Kiyovu, iyitsinze ibitego 2-0 mu mikino yombi ya 1/8 cy’irangiza. Uyu mukino wo kwishyura wabereye kuri Stade ya Kigali Pelé...
Rutahizamu wa Portugal, Cristiano Ronaldo, yongeye kwigaragaza atsinda ibitego bibiri mu mukino ikipe ye ya Al Nassr FC yatsinzemo Al Hazem ibitego 4-0 muri shampiyona ya Saudi Arabia. Ni intsinzi yatumye Ronaldo agira ibitego 964 mu rugendo rwe...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwatangaje inkuru ibabaje y’abantu babiri bahitanywe n’impanuka yabereye ku munsi wa mbere w’iri siganwa rizenguruka igihugu. Iyi mpanuka yabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, ku munsi hatangizwaga ku mugaragaro iri...