• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Urukundo

Ndagisha inama: nkore iki ko Maze igihe ndyamana n’umugabo w’abandi kubireka byarananiye

Impinga Media by Impinga Media
November 12, 2024
Reading Time: 1 min read
A A

Basomyi bacu muraho kandi murakomeye? Amahoro y’Imana abane na mwe. Mu minsi ishize hari umugore watwandikiye adusaba ko mwamugira inama ku kibazo kimukomereye kandi avuga ko amaranye igihe. Mureke dufatanye kumugira inama.

UBUHAMYA: Nahisemo kubandikira hano kubera inama zitangwa n’abantu b’inyangamugayo bashobora kuba banyura mu bintu bitandukanye. Ntibyari byoroshye gufata iki cyemezo cyo kwandikira hano, ariko banyijeje ko umwirondoro wanjye uzaguma mu ibanga. Iki kibazo nifuza kugishakira igisubizo gikwiye: maze igihe kinini ndyamana n’umugabo w’inshuti y’umugabo wanjye, kandi bakorana.

Nabonye hano haba inama nyinshi zafasha umuntu. Biragoye gufata icyemezo cyo kwandikira Umuseke ariko banyijeje ko bidashoboka ko batangaza amazina yanjye. Ikibazo kinkomereye ni iminsi myinshi maze ndyamana n’umugabo utari uwanjye kandi w’inshuti y’uwanjye kuko bakorana.

Iki kintu kimaze umwaka urenga nkibamo, iyi nshuti y’umugabo wanjye twamenyanye yaje kudusura. Agenda anyereka ubucuti busanzwe buhoro buhoro kugeza andushije imbaraga turaryamana mu ibanga.

Nagize intege nke kenshi yampamagara ngo musange ahantu nkananirwa kwihangana nkagenda tukaryamana ngataha mvuga ko ntazongera ariko umwaka urashize tubikora nka kabiri mu kwezi. Umugabo wanjye nta kintu aramenya habe na madam w’uriya mugabo ntanumwe uducyeka.

Ndi mukuru ariko iki kintu gituma numva meze nk’umwana, nkumva nsuzuguritse ariko kukireka byarananiye. Nubwo yaba abikora neza kurusha umugabo wanjye ariko mbikunda ubwo gusa nyuma nkumva ndigaye cyane isoni zikankora, ariko iminsi yashira nabona appel ye nkananirwa kwihangana neza neza.

Ngerageza gusenga cyane ngo nsabe Imana kubireka bikanga, ntamuntu wundi nabigishamo inama kuko ntamuntu nakwizera pe kuko birakomeye byanansenyera kandi twitegura kubyarana bwa kabiri n’umugabo wanjye nkunda.

Ndabasabye rero, simbazi nanjye ntimunzi, mungire inama wenda muri zo ndabonamo igisubizo kuko nabonye hano haba abantu bafite ibitekerezo byafasha umuntu. Mumbwire icyo nakora ngo mpagarika kuryamana n’uyu mugabo.

Murakoze.

Previous Post

Imvano yo Kuvugisha inani na rimwe: Imvugo yazanywe n’umwaduko wa Primyus ya Bralirwa.

Next Post

Abagera kuri 200 ni bo bazitabira irushanwa rya CIMEGOLF 2024 Kunshuro ya 6.

Impinga Media

Impinga Media

IZINDI NKURU WASOMA

Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe

Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe

by MUNYANKINDI Alphonse
1 month ago

Muri Kuwait habaye inkuru yatangaje benshi, nyuma y’uko umugeni asabye gatanya hashize iminota itatu gusa asezeranye n’umugabo we imbere y’amategeko....

Uganda: Umugore yafunzwe azira guha Umwana inshinge 46 mu rukozasoni rwateye abaturage umujinya

Uganda: Umugore yafunzwe azira guha Umwana inshinge 46 mu rukozasoni rwateye abaturage umujinya

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Muri Uganda haravugwa inkuru iteye agahinda n’akababaro, aho umugore witwa Juliet Tushabeomwe w’imyaka 45 yatawe muri yombi akekwaho guhatiriza umwana...

Yarapfuye nyuma arazuka: Inkuru Idasanzwe i Masindi

Yarapfuye nyuma arazuka: Inkuru Idasanzwe i Masindi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Byari nk’ikinamico idasanzwe ku baturage bo mu Mujyi wa Masindi muri Uganda, nyuma y’uko umugabo wari wavuzwe ko yapfuye anashyingurwa,...

Next Post
CIMEGOLF 2024

Abagera kuri 200 ni bo bazitabira irushanwa rya CIMEGOLF 2024 Kunshuro ya 6.

Urukundo rwa Megan Fox na Machine Gun Kelly rugiye kuvamo umwana wabo w’imfura

Urukundo rwa Megan Fox na Machine Gun Kelly rugiye kuvamo umwana wabo w'imfura

Divorce

Ngibi ibyo gutekerezaho mbere yo gutandukana n’uwo mwashakanye

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.