• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Umutekano

Kagame yanenze abayobya amakuru ku bikorwa bya RDF

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 27, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Ku wa 25 Kanama 2025, Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagejeje ku basirikare basaga 6.000 mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu Ntara y’Iburasirazuba, agaruka ku myitwarire y’amahanga n’abashinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) ibikorwa by’ubwicanyi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).

Yavuze ko RDF, n’iyo yaba iri mu Burasirazuba bwa RDC, itarakora ibikorwa by’ubwicanyi nk’uko bamwe babivuga. Yibukije ko nyuma yo gutsindwa urugamba i Goma, abasivili b’abacanshuro baherekezwa mu mahoro bakagaruka iwabo, bityo nta kintu cyemeza ko RDF ari yo yagize uruhare mu bwicanyi bwagaragajwe n’ibitangazamakuru bimwe.

Ati: “Abavuga ko RDF ari yo ishinjwa ibibazo byose mu Burasirazuba bwa RDC birengagiza ukuri. Ubwicanyi bwakozwe n’Interahamwe, Wazalendo n’inzego za RDC kandi biracyakomeje, ariko ibyo ntibitangazwa. Ibihugu by’amahanga byifuza ko ikibazo cyose kigaragara nk’ikivuye ku Rwanda, nyamara si ko bimeze.”

Perezida Kagame yashimangiye ko igisirikare cy’u Rwanda kitajya gishora mu bihugu bindi intambara, ahubwo kigira uruhare mu gushaka umutekano iyo bisabwe. Yavuze ko u Rwanda rwiteguye gufatanya na RDC kugarura umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu igihe RDC igaragaje ubushake, kandi ko ibyo bikorwa bikorwa mu buryo bwubaka kandi butica amategeko.

Nanone yashimangiye ko igitutu cy’amahanga ku Rwanda kigomba gutuma Abanyarwanda bakomeza kwihesha agaciro, gukora byinshi no kurinda igihugu, n’ubwo amahirwe ari make. Yongeraho ko igisirikare cy’u Rwanda atari icy’abacanshuro, ahubwo ari icy’igihugu kirinda abaturage n’umutekano w’igihugu, kandi cyiteguye gufasha abakeneye ubufasha mu buryo buzima.

Perezida Kagame yasabye abasirikare gukomeza kuba indashyikirwa mu myitwarire no mu mico, kurangwa n’ubunyangamugayo no gukorera igihugu, kuko ukuri ku bikorwa bya RDF ku gomba kuvugwaho ukuri ku mvikana kandi kwizewe , atari bihuha n’amakuru atariyo.

Previous Post

Abanyamakuru n’abakozi ba RCS bafunguwe by’agateganyo

Next Post

Indirimbo “Kelebu” ya Rema ikomeje kuvugisha benshi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

USA: Umugabo arakekwaho kurasa abana umunani, barindwi muri bo bari abe

USA: Umugabo arakekwaho kurasa abana umunani, barindwi muri bo bari abe

by MUNYANKINDI Alphonse
5 days ago

Umugabo w’imyaka 31 witwa Shamar Elkins arakekwaho kurasa abana umunani, barindwi muri bo bikekwa ko ari abe bwite, mu gitero...

Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

by Alex RUKUNDO
1 week ago

Urubanza rw’ubwicanye bwaberereye I Ggaba rugiye kongera gusubukurwa ni nyuma y’uko raporo y’abaganga yemeje ko ukekwaho icyaha cy’ubwicanyi, Christopher Okello,...

Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 akekwaho kwiba atoboye iduka

Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 akekwaho kwiba atoboye iduka

by MUNYANKINDI Alphonse
1 week ago

Umukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka riri mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Gatsibo, akekwaho kwiba nyuma yo gutobora...

Next Post
Indirimbo “Kelebu” ya Rema ikomeje kuvugisha benshi

Indirimbo “Kelebu” ya Rema ikomeje kuvugisha benshi

Perezida Kagame yashimye ingabo z’u Rwanda umuhate bagaragaje mu myitozo i Gabiro

Perezida Kagame yashimye ingabo z'u Rwanda umuhate bagaragaje mu myitozo i Gabiro

Vybz Kartel yavugishije Abanyakenya

Vybz Kartel yavugishije Abanyakenya

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.