• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Jay-Z yabaye umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 22, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuraperi w’Umunyamerika Jay-Z, uzwi kandi nk’umugwizatunga n’umushoramari ukomeye, yongeye kwandika amateka nyuma yo kwemezwa na Forbes Billionaire List 2025 nk’umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi.

Nk’uko Forbes ibigaragaza, umutungo wa Jay-Z ubarirwa kuri miliyari 2.5 z’amadolari (asaga triliyari 3.25 z’amafaranga y’u Rwanda). Ibi bituma atari ikirangirire gusa mu muziki wa hip-hop, ahubwo n’umwe mu bantu bafite uruhare rukomeye mu ruganda rw’imyidagaduro ku isi.

Urutonde rwasohotse muri iki cyumweru rugaragaza Jay-Z imbere ya bamwe mu byamamare bikomeye ku isi barimo Taylor Swift (1.6 $ biliyari), Rihanna (1.4 $ biliyari) na Bruce Springsteen. Byatumye asimbura Sean “Diddy” Combs wari umaze imyaka kuva mu 2018 ari ku mwanya wa mbere, afite umutungo wa miliyoni 820 z’amadolari.

Forbes isobanura ko ubutunzi bwa Jay-Z bwaturutse mu bikorwa bitandukanye by’ubucuruzi. Uretse umuziki, afite Roc Nation, ikigo gikomeye mu myidagaduro no mu mikino, ndetse n’ibirango by’ibinyobwa by’ubukire Armand de Brignac champagne na D’Ussé cognac. Ibi bimungira umukire wisiangiye amakampan n’imirimo , uhereye ku muziki ukagera ku bucuruzi rusange.

Hari kandi ibikorwa afite by’ishoramari, ubutaka n’ikoranabuhanga, ibi byamugize umukire w’ikiragirire, wavuye mu muziki akora n’ibindi bikorwa binini by’ubucuruzi.

Amazina Jay-Z yiswe n’ababyeyi ni Shawn Carter akaba yaravukiye muri Brooklyn, yatangiye ku ririmba nk’umuraperi mu mihanda no mu marushanwa. Mu 1998, Billboard 200 yashyiz ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa bahanzi batandukany abinyuze kuri album ye Vol. 2… Hard Knock Life, ari na yo yamuhesheje igihembo cya Grammy cya mbere. Album ye The Blueprint yo mu 2001 niyo ya mu menyekanishije izina rye riba ikimenywa na bose ndetse n’ijwi rye rikomera mu muziki wa hip-hop.

Nubwo mu 2003 yari yatangaje ko asezeye gukora umuziki, ntiyigeze areka umuziki burundu. Yakomeje gushyira hanze indirimbo n’imishinga itandukanye, harimo no gufatanya n’abandi bahanzi, ndetse aherutse gukora umuziki wakoreshejwe muri filimi ya 2024 The Book of Clarence.

Forbes, kuva mu 1987 ikora urutonde rw’abaherwe ku isi, yavuze ko kuzamuka kwa Jay-Z ari urugero rwiza rugaragaza uko ibyamamare bishobora guhinduka abanyemari bakomeye.

Previous Post

Nicolas Cage ari mu biganiro byo kugaragara muri True Detective ku nshuro ya gatanu

Next Post

Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n’umugabo we nyuma yimyaka 17 bashakanye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
4 weeks ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
1 month ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n’umugabo we  nyuma yimyaka 17 bashakanye

Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n'umugabo we nyuma yimyaka 17 bashakanye

Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Amafaranga agira ururimi rwihariye

Ururimi rw’Amafaranga: Impamvu 5 Gukira Bitangira mu Mutwe

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.