Umuyobozi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (DPP) yahaguyeyeho ibyaha bijyanye n’ubucurizi bw’abana n’ihohotera ku mukire ukora ibijyanye n’imyidagadueo Nasser Nduhukire wamamaye nk Don Nasser. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri mu rukiko mbere y’icyemezo cya mbere cy’urubanza, aho yashinjwaga ibikorwa by’ubwicanyi...
Muri Kenya, ni bake batekereza kubona umubikira uhagaze imbere y’Urukiko Rukuru, yambaye imyambaro y’ububikira, asobanura imanza n’inyandiko z’amategeko ku buryo bw’umwuga. Ariko, Umubikira Immaculate Muthoni abigaragaza buri munsi. Ni umunyamuryango w’itsinda Little Sisters of Saint Francis (LOSSF), ariko...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Gashyantare, rwatangiye kuburanisha ubujurire bw’Ubushinjacyaha ku cyemezo cyari cyarekuye by’agateganyo Hassan Bahame, ushinjwa gukoresha nabi ububasha yari afite no gukorera ihohoterwa rishingiye ku gitsina abagore bari bari...
U Rwanda rwageze ku manota menshi rwari rutaherukana kubona mu kurwanya (Corruption Perceptions Index (CPI) 2025), raporo ngarukamwaka itangazwa na Transparency International (TI) isuzuma uko ruswa ihagaze mu bihugu bitandukanye ku isi. Iyi raporo yasohotse ku wa Kabiri,...
Urubanza rukomeye rwabereye mu rukiko rwa Bobigny hafi y’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, rwabaye ingorabahizi ku bashinjacyaha n’abagenzacyaha, nyuma y’uko impanga 2 zisa neza kandi zihuje ADN ziregwa uruhare mu bwicanyi bwahitanye abantu babiri mu 2020. Aba bavandimwe...
Uganda n’u Rwanda ni bimwe mu bihugu bifatanyije urugendo rumwe na Kenya mu guhangana n’ikoreshwa ry’amafaranga mu bikorwa byo kurimbisha, nk’indabo zigizwe n’amafaranga. Iyi mpinduka ije nyuma y’uko Banki nkuru ya Kenya (CBK) itangaje ko ikoreshwa ry’ifaranga mu...
Umunyabugeni kuri TikTok ndetsa akanaba umucuruzi wakoreraga kuri marandasi, Diana Namulinde wamamaye ku mazina nka Dianah Skys, yashyiguwe ejo tariki 06 Gashyantare 2026, mu gace ka Namayumba. Dianah Skys, umurambo we wabonetse ku wa Gatatu mu nzu yabagamo...
Mu gace ka Sicile mu Butaliyani, umugabo w’imyaka 42 yisanze mu bibazo bitari biteganyijwe, nyuma yo kugaragara mu mashusho yo kwamamaza resitora yashyizwe kuri TikTok atabizi, ari kumwe n’umugore utari uwe. Iyi videwo yari igamije kwamamaza uburyohe n’imyidagaduro...
Mu Mujyi wa Shanghai mu Bushinwa, umugabo n’umugore bageze aho basaba gatanya, atari kubera ubukene, ubusambanyi cyangwa amakimbirane akomeye, ahubwo bitewe n’uko bananiwe kumvikana ku izina ry’umwana wabo w’umuhungu. Uyu mwana ubu amaze umwaka urenga avutse, ariko kugeza...
Amakuru mashya yagiye ahagaragara ku rupfu rw’umutikitoka (TikToker) wamamaye cyene ndetse akanaba umucuruzi wakoreraga kuri murandasi, Dianah Skys, amazina ye nyakuri Diana Namulinde, wapfiriye mu nzu yabagamo i Kyanja, agace kegereye umujyi wa Kampala. Abashinzwe iperereza muri iki...