• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Rachel K avuga ku mibanire myiza n’umuryango nubwo batandukanye mu myemerere

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
February 20, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rachel K (Rachel Kiwanuka) yatangaje ku mugaragaro uko umuryango we ubanye mu mahoro nubwo bafite imyemerere itandukanye.

Rachel K yavuze ko nyina, icyamamare mu muziki wa Uganda Halima Namakula, ari Umuyisilamu w’ukuri kandi wubahiriza idini rye byimazeyo.

Rachel K we yiyumvamo umuhamagaro wo kuba umukozi w’Imana ku rundi rw’imyemerere

 Mushiki we, na we wamenyekanye cyane mu muziki, Rema Namakula, na we akurikiza idini ya Islam.

Nubwo Rachel K we yiyumvamo umuhamagaro wo kuba umukozi w’Imana (minister) mu rundi rwego rw’imyemerere, yavuze ko bitigeze bibangamira urukundo n’ubufatanye bifitanye nk’umuryango.

Yashimangiye ko nyina yabahaye uburenganzira bwo guhitamo inzira y’ukwemera bashaka, icy’ingenzi ari uko umuntu agira icyo yemera kandi akagira indangagaciro ayoborwa na zo.

Yagize ati: “Mama yatubwiye ati ‘Mwemere icyo mushaka, nzabashyigikira.’ Ni Umuyisilamu w’umunyakuri kandi uhamye mu myemerere ye, kimwe na mushiki wanjye Rema.

 Ariko ni bo banshyigikira kurusha abandi. Ni byiza cyane kuko icy’ingenzi ari ukugira aho uhagarara mu buzima no kugira icyo wizera.”

Rachel K yavuze ko urugendo rwe rw’umwuka ari ingenzi cyane mu buzima bwe no mu muziki akora. Asobanura ko impano ye ayifata nk’igikoresho cyo kwamamaza ibyiza by’Imana, gutanga icyizere no kuzamura imitima y’abantu binyuze mu ndirimbo ze.

Yasoje ashimangira ko urukundo, kubahana no gushyigikirana ari byo bituma umuryango wabo ukomera, kabone n’iyo baba batandukanye mu myemerere.

Previous Post

Luwilight yatangaje ko yababariye Zuena na Bebe Cool

Next Post

Kimenyi Yves yatangije ‘Beyond 90’ Nyuma yo gusezera Ruhago

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Aston Villa Yegukanye Europa League

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Ikipe ya Aston Villa yatsinze SC Freiburg ibitego 3-0 yegukana UEFA Europa League ku nshuro ya mbere mu mateka yayo....

Next Post
Kimenyi Yves yatangije ‘Beyond 90’ Nyuma yo gusezera Ruhago

Kimenyi Yves yatangije ‘Beyond 90’ Nyuma yo gusezera Ruhago

Clever J yavuze  ku gutandukana n’umugore, Ati “Nashyize urugo mu biganza by’Imana”

Clever J yavuze  ku gutandukana n’umugore, Ati “Nashyize urugo mu biganza by’Imana”

Urukiko Rwisumbuye Rwemeje Ingwate ya Hassan Bahame

Urukiko Rwisumbuye Rwemeje Ingwate ya Hassan Bahame

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.