• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Rachel K avuga ku mibanire myiza n’umuryango nubwo batandukanye mu myemerere

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
February 20, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rachel K (Rachel Kiwanuka) yatangaje ku mugaragaro uko umuryango we ubanye mu mahoro nubwo bafite imyemerere itandukanye.

Rachel K yavuze ko nyina, icyamamare mu muziki wa Uganda Halima Namakula, ari Umuyisilamu w’ukuri kandi wubahiriza idini rye byimazeyo.

Rachel K we yiyumvamo umuhamagaro wo kuba umukozi w’Imana ku rundi rw’imyemerere

 Mushiki we, na we wamenyekanye cyane mu muziki, Rema Namakula, na we akurikiza idini ya Islam.

Nubwo Rachel K we yiyumvamo umuhamagaro wo kuba umukozi w’Imana (minister) mu rundi rwego rw’imyemerere, yavuze ko bitigeze bibangamira urukundo n’ubufatanye bifitanye nk’umuryango.

Yashimangiye ko nyina yabahaye uburenganzira bwo guhitamo inzira y’ukwemera bashaka, icy’ingenzi ari uko umuntu agira icyo yemera kandi akagira indangagaciro ayoborwa na zo.

Yagize ati: “Mama yatubwiye ati ‘Mwemere icyo mushaka, nzabashyigikira.’ Ni Umuyisilamu w’umunyakuri kandi uhamye mu myemerere ye, kimwe na mushiki wanjye Rema.

 Ariko ni bo banshyigikira kurusha abandi. Ni byiza cyane kuko icy’ingenzi ari ukugira aho uhagarara mu buzima no kugira icyo wizera.”

Rachel K yavuze ko urugendo rwe rw’umwuka ari ingenzi cyane mu buzima bwe no mu muziki akora. Asobanura ko impano ye ayifata nk’igikoresho cyo kwamamaza ibyiza by’Imana, gutanga icyizere no kuzamura imitima y’abantu binyuze mu ndirimbo ze.

Yasoje ashimangira ko urukundo, kubahana no gushyigikirana ari byo bituma umuryango wabo ukomera, kabone n’iyo baba batandukanye mu myemerere.

Previous Post

Luwilight yatangaje ko yababariye Zuena na Bebe Cool

Next Post

Kimenyi Yves yatangije ‘Beyond 90’ Nyuma yo gusezera Ruhago

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
7 minutes ago

Mu 2018, umugore yaje muri Laboratwari y'irangamimerere muri Kaminuza Nkuru ya Colombia: yari afite impanga z'abahungu yari yarabyaye imyaka ibiri...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzi uyobora itsinda rya punk utabona neza agiye kwitabira isiganwa rya London Marathon agamije gukusanya inkunga yo gufasha umuryango wo mu...

Next Post
Kimenyi Yves yatangije ‘Beyond 90’ Nyuma yo gusezera Ruhago

Kimenyi Yves yatangije ‘Beyond 90’ Nyuma yo gusezera Ruhago

Clever J yavuze  ku gutandukana n’umugore, Ati “Nashyize urugo mu biganza by’Imana”

Clever J yavuze  ku gutandukana n’umugore, Ati “Nashyize urugo mu biganza by’Imana”

Urukiko Rwisumbuye Rwemeje Ingwate ya Hassan Bahame

Urukiko Rwisumbuye Rwemeje Ingwate ya Hassan Bahame

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.