U Rwanda rumaze kugira abakinnyi benshi bakina hanze yarwo aho tugiye kurebera hamwe uko bitwaye mu mpera z’iki cyumweru cyasojwe. Hakim Sahabo uherutse kwerekeza mu ikipe nshya yo mu Bubiligi ya K. Beerschot V.A, imutiye muri Standard de...
“Uwo uri we wese, mu gihe ufite ‘camera’ cyangwa imbuga nkoranyambaga, hari inshingano ufite ku baturage. Ntukwiriye gukwirakwiza ibyo bintu by’umwanda.
Ruti Joël: Umugore na we ni vuba arahari narakunze, ndakundwa. Waririmba Musomandera ntihagire ugukunda? Ndakundwa nanjye, ndahendahendwa, ariko baravuga ngo iryo ni ibanga ryanjye. Gusa arahari!”
Isi y’imyidagaduro muri Kenya iherutse kujya mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Tabitha Gatwiri, umunyakenya w’umuhanga mu guhanga ibihangano (content creator) no gukina filime, wapfuye ku itariki ya 30 Ukwakira afite imyaka 29 gusa. Tabitha, wamamaye cyane kubera...
Ku wa Gatanu, Bebe Cool yanditse ku rubuga rwa X (Twitter) ko ari mu byiciro bya nyuma byo gusohora alubumu ye yise Break The Chains. "Iyi alubumu igamije kwerekana icyerekezo cy’ahazaza, gushyira mu bikorwa ibyo twatekereje, gushaka amahirwe,...
Kitoko Bibarwa, umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yatangaje ko ari mu mushinga ukomeye wo kwandika igitabo kizasohoka mu minsi iri imbere, kikazibanda ku mateka n’iterambere ry’umuziki w’u Rwanda. Uyu muhanzi ufite imyaka 39 yatangaje ko iki gitabo...
Davido yizihiza isabukuru y’imyaka 32 atanga inkunga irenga miliyoni 250 Frw Umuhanzi ukomeye mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke wamamaye ku izina rya Davido, yatangaje ko isabukuru ye y’imyaka 32 azayizihiza atanga inkunga y’amafaranga angana na miliyoni 300...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatsindiye Nigeria ibitego 2-1 iwayo, ariko ntiyabasha kubona itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika (CAN) kizabera muri Maroc mu mwaka utaha. Kuri uyu wa Mbere, Amavubi yakinnye umukino wa nyuma wo gushaka...
Igice cya kabiri cya Squid Game kizasohoka kuri Netflix tariki 26 Ukuboza(12) 2024.
Megan Fox niwe watangaje ko akuriwe yifashishije ifoto yashyize ku rubuga rwa Instagram. Yayikurikije indi igaragaza ipimo by’uko atwite. Anakora ‘tag’ umukunzi we kuri aya mafoto. Arangije yandikaho amagambo, ati “Nta cyatakaye, ikaze na none.”