Lions de Fer na 1000 Hills Rugby zegukanye Irushanwa rya Rugby ryo Kwibuka
Ange Tricia yagaragaje ko yababajwe cyane n’amagambo y’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko Muyombo Thomas, uzwi nka Tom Close, ari we muhanzi “wakabirijwe kurusha abandi” mu mateka y’umuziki nyarwanda mu myaka 30 ishize. Tricia yanditse ubutumwa kuri uyu wa...
U Rwanda ruzakira imurikagurisha mpuzamahanga ngarukamwaka ku nshuro yaryo ya 28, rizitabirwa n’ibihugu birenga 30 hamwe n’abashoramari bagera kuri 450. Iri murikagurisha rizatangira ku wa 29 Nyakanga rigasozwa ku wa 17 Kanama 2025, rizabera ahasanzwe habera iki gikorwa...
Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko impamvu ikomeje gutera inkunga iserukiramuco rya MTN Iwacu Muzika Festival ari gahunda yihaye yo kwegera abakiriya bayo, binyuze mu bikorwa bibahuza n’abahanzi bakunda, cyane cyane abo mu Ntara zitandukanye z’Igihugu. Ni...
Ikoranabuhanga ryahinduye uburyo umuziki ucuruzwa… Mu myaka yashize, kubona amafaranga mu muziki byasabaga ibitaramo n’imikoranire n’ibitangazamakuru ( kugeza ubu twakwita gakondo). Ubu ibintu byarahindutse. Digital platforms nka Spotify, Apple Music, Boomplay, YouTube Music, n’izindi zatangiye guha abahanzi bo...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa 23 Gicurasi 2025, aho aje gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Universe kuri iki Cyumweru, tariki 25 Gicurasi 2025.
Umuhanzi w’injyana gakondo, Victor Rukotana, yatangaje ko ari gutegura urugendo rw’ibitaramo muri Amerika no mu Burayi, agamije kumenyekanisha alubumu ye nshya yise ‘Imararungu’. Uyu muhanzi uherutse gushyira hanze iyo alubumu, avuga ko yayifashe nk’umucunguzi we bitewe n’uburyo yakiriwe...
Fally Merci usanzwe utegura ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy’ yasabye imbabazi nyuma y’ibyatangajwe na Nzovu na Yaka ubwo bari bitabiriye igitaramo cyabereye muri Camp Kigali ku wa 20 Gashyantare 2025. Ibi Fally Merci yabitangaje mu gitondo cyo ku wa...
Igitego cyo mu minota y’inyongera cyinjijwe na Mamadou Sy cyafashije APR FC gutsinda AS Kigali ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiyona, wabereye Kuri Kigali Pele Stadium, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 16...
Umuhanzi w’umunya- Uganda Bebe Cool ari mu byishimo byo kuba umwana we Alpha Ssali yasinyiye ikipe ya NEC Football Club isanzwe iterwa inkunga n’igisirikare cya Uganda. Ni bimwe mu byo yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze tariki 27 Mutarama...