CIMEGOLF ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu, rikazaba ku wa 30 Ugushyingo 2024. Ritegerejwemo abakinnyi barenga 200 biganje mu byiciro by’abagore, abagabo n’abakuze.
Abanyarwenya barimo Anne Kansiime uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda ndetse na Mammito wo muri Kenya, bataramiye abitabiriye inama ya Youth Connekt imaze iminsi ibera mu Rwanda. Aba banyarwenya biyongeraho abo mu Rwanda nka Rusine, Herve Kimenyi...
Ubuyobozi bwa Access, inama n’ibirori bigiye kubera mu Rwanda kuva 14-16 Ukwakira 2024, bwahumurije Davis D nyuma y’uko bombi bahuriye ku gutumira Nasty C mu bitaramo bibiri byose biteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali mu kwezi kumwe. Ibi...
Rodrigo Hernández Cascante (Rodri) ukina mu kibuga hagati yugarira mu Ikipe y’Igihugu ya Espgane na Manchester City yo mu Bwongereza, yegukanye Ballon d’Or ya 2024 nyuma yo gutorwa nk’umukinnyi mwiza wahize abandi muri uyu mwaka. Uyu muhango wo...
Umwe mu bakobwa bakunzwe kandi bahagaze neza mu muziki nyarwanda Aline Sano Shingiro uzwi nka Alyn Sano, avuga kimwe mu byo abakunzi be bakwiye kwitega mu minsi ya vuba, ari ibihangano yafatanyijemo n’abahanzi bo muri Kenya, igihugu aheruka...
U Rwanda ruheruka gutsinda Bénin mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika, rwazamutseho imyanya ine ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA, rwisanga ku mwanya wa 126 ku Isi.
Kiyovu Sports yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro i Remera, aho wabaye uwa mbere w’umupira w’amaguru witabiriwe n’abafana kuva muri Werurwe 2020 kubera icyorezo cya COVID-19. Uyu mukino wa gicuti wateguwe...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukwakira 2021, ni bwo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa yakiriye mu biro bye umuhanzi Bruce Melodie n’umujyanama we. Amafoto yasohowe na Lee Ndayisaba umujyanama wa Bruce Melodie, yayaherekeresheje amagambo avuga ko...
Abafotozi barenga ijana bashinze ‘Image Rwanda’, bafunguye inzu ’Northern Creative Corner’ bazajya bamurikiramo ibikorwa byabo bikubiye mu mafoto, bakanahuguriramo urubyiruko rwifuza kwiga uyu mwuga. Iyi nzu bafunguye mu karere ka Musanze bavuga ko izafasha ba mukerarugendo basura u...
Hari hashize igihe, ku mugoroba wa tariki 04 Nyakanga 2021, Umuhanzi Mico The Best yambitse impeta umukunzi we Clarisse amubwira ko n’ubukwe buri hafi, amafoto yabo agaragara bari mu Murenge basinya mu bitabo ko biyemeje kubana nk’umugabo n’umugore....