• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Ruti Joël Yemeje Ko Yitegura Kurushinga: “Arahari, Narakunze, Ndakundwa”

admin by admin
November 26, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
Ruti Joel

Ruti Joël yateguje ubukwe n’umukunzi we, ariko akomeza kugumana amwe mu mabanga

Umuhanzi Ruti Joël, uzwi cyane mu njyana gakondo, yatangaje ko yitegura kurushinga n’umukunzi we, nubwo yirinze gutangaza byinshi ku bijyanye n’igihe nyirizina ubukwe buzabera.

Mu kiganiro yatangiye kuri radiyo B&B FM-Umwezi, mu kiganiro BB2to6, Uyu musore yahamije ko afite inkumi bakundana, ndetse ko urukundo rwabo rugeze ahantu hihariye. Yagize ati:

“Umugore na we ni vuba […] arahari narakunze, ndakundwa. Waririmba Musomandera ntihagire ugukunda? Ndakundwa nanjye, ndahendahendwa, ariko baravuga ngo iryo ni ibanga ryanjye. Gusa arahari!”

Nubwo yatanze ubu butumwa butera amatsiko, uyu musore ntiyigeze atangaza izina ry’uyu mukunzi we cyangwa ngo agire icyo avuga ku itariki y’ubukwe bwabo, yirinda kwerura byinshi ku by’urushako rwe.

Ruti Joël n’urugendo rwe mu muziki

Ruti Joël yatangiye urugendo rw’umuziki mu 2013, ubwo yari umwe mu itsinda rya Gakondo Group, rizwiho guteza imbere umuco n’injyana gakondo y’u Rwanda. Nyuma y’igihe, yafashe icyemezo cyo gukora umuziki ku giti cye, aho yakomeje gukora indirimbo zirata umuco n’amateka y’Abanyarwanda.

Ruti Joel  agiye kurushinga

Uyu muhanzi yakunze kugaragaza abahanzi bamubereye icyitegererezo, barimo abo bakoranye nka Massamba Intore wamufashije cyane mu rugendo rwe rwa muzika, ndetse n’abandi bahanzi bakomeye mu njyana gakondo barimo Muyango, Sentore Athanase, Rujindiri, Kayirebwa, Jules Sentore, n’abandi bamenyekanye cyane mu guteza imbere injyana gakondo.

Nubwo yakomeje kugumana ibanga ry’ubuzima bwe bw’urukundo, iyi nkuru yatumye benshi bamwifuriza ihirwe mu rugendo rushya rw’ubuzima ari kwitegura.

Previous Post

Car Free Day: Umunsi w’Imyitozo, Ubuzima Bwiza n’Ubumwe bw’Abaturage

Next Post

Bwa mbere Ibihugu birimo Armenia, Nicaragua, na Luxembourg byohereje Ababihagarariye mu Rwanda

admin

admin

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Amb. Patricio Alberto Aguirre Vacchieri wa Chile,

Bwa mbere Ibihugu birimo Armenia, Nicaragua, na Luxembourg byohereje Ababihagarariye mu Rwanda

Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga

Hemejwe itegeko ribuza abadafite imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga.

Rutahizamu Abeddy

Ubuzima n'urugendo rw’Impano ya Biramahire Abeddy Mu Ruhando rw’Umupira w’Amaguru

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.