Itsinda rigizwe n’abasore batatu, B2C Entertainment, ryatangaje ko urubyiniro atari ahantu ho kwishimisha gusa, ahubwo ari umwanya wo gusabana n’abafana no kubaha ibyishimo nyabyo baba bategereje. Mu gihe baganiraga ku gitaramo cyabo kiri imbere, aba basore bagaragaje ko...
Umuhanzi Kitoko wamamaye mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda yageze i Kigali avuye mu Bwongereza aho yari amaze imyaka 12 atuye akaba ahavanye n’impamyabumenyi ya Kaminuza muri Politiki. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 9, Ugushyingo...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, David Adedeji Adeleke, wamamaye nka Davido, bivugwa ko ashobora kuba arimo gutegura igitaramo gikomeye muri Uganda. Umwe mu bahanzi bafite izina rikunzwe cyane muri Afurika n'iburayi Davido, bivugwa ko ari umwe mu bahanzi batumiwe muri Uganda...
Umuhanzi w’inararibonye akaba yarahoze ari Visi Perezida wa Firebase Crew, Buchaman,yongeye kugaragaza akababaro n’umujinya aterwa n’uko abantu yafashije kwamamara mu muziki batakimwibuka, by’umwihariko Eddy Kenzo, umuyobozi wa Big Talent Entertainment. Nk’uko Buchaman abivuga, yagize uruhare rukomeye mu kwamamara...
Umuhanzi Mr. Lee, umwe mu bagize itsinda B2C Entertainment, yasobanuye ibivugwa ko iri tsinda riri mu marembera yo gutandukana, ahamya ko ayo makuru adafite ishingiro. Ibi abigarutseho nyuma y'ibihuha bimaze iminsi bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga bivuga itsinda abarizwamo...
Umuraperi Bruce The 1st uri mu banyempano bari kumenyekana mu muziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gushyira hanze Album ye ya mbere yise T.O.N (Top Or Nothing), umushinga afata nk’“imfura”. N'umuzingo (Album) ugizwe n’indirimbo 13, zose zigaragaza uburyo uyu...
Element uri mu bahanzi bakuzwe mu muziki w’u Rwanda, agiye guhurira na Kizz Daniel mu gitaramo kizabera muri Suède ku wa 8 Ugushyingo 2025. Ni igitaramo kizabimburira uruhererekane rw’ibyo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye by’i Burayi...
Alex Muhangi, Umuyobozi w’ikigo Comedy Store UG, yatorewe kuba Perezida w’Ishyirahamwe ry’Abanyarwenya bo muri Uganda (The Uganda Comedians Association – TUCA). Ibi byatangarijwe mu nama yabereye kuri Royal Suites i Bugolobi, yahuje abanyarwenya n’abafatanyabikorwa batandukanye bo mu gihugu....
Filime ‘Didy’ ya Gaël Kamilindi uri mu Banyarwanda bamaze kubaka izina muri sinema usanzwe aba mu Busuwisi, ihatanye n’izindi zitandukanye mu iserukiramuco riri kubera muri Nigeria. Iyi filime ihatanye mu iserukiramuco rya Africa International Film Festival (AFRIFF) riri...
Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera iserukiramuco rishya ry’ubuhanzi n’umuco rizahuriramo abanyempano baturutse mu bihugu bitandatu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari rwiswe Isôoko Great Lakes Festival 2025. Ryateguwe mu rwego rwo guteza imbere ubuhanzi n’ubufatanye hagati y’abahanzi bo...