• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, David Adedeji Adeleke, wamamaye nka Davido, bivugwa ko ashobora kuba arimo gutegura igitaramo gikomeye muri Uganda.

Umwe mu bahanzi bafite izina rikunzwe cyane muri Afurika n’iburayi Davido, bivugwa ko  ari umwe mu bahanzi batumiwe  muri Uganda mu muhango wo ku zafungura sitade nshya ya Hoima City, ndetse bikaba bivugwa ko azataramira abitabiriye uwo muhango.

Nk’uko umunyamakuru ukora mu gisata k’imikino Peta Tabu abivuga, imyiteguro yo gufungura ku mugaragaro iyo sitade irarimbanyije.

Mu makuru aturuka muri Uganda, avuga ko hateganijwe umuhanzi ukomeye wo ku mugabane wa Afurika azataramira abitabiriye uwo muhango wo gufungura sitade ku mugaragaro.

Bitanganyijwe ko uwo muhango uzitabirwa n’abayobozi bakomeye bo muri Uganda harimo na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abategura uwo muhango (ubutegetsi bwa Uganda) bari gutekereza kuzatumira umuhanzi mpuzamahanga n’ikipe y’igihugu izahura n’iya Uganda Cranes. Hari kandi amakuru avuga ko imikino ya basketball n’iyiruka (athletics) ishobora kongerwa mu imyidagaduro kuri uwo munsi.

Davido yashimangiye iby’iki gitaramo mu butumwa yanyujije kuri X ( twitter) avuga ko ategerezanyije amatsiko menshi kuri uwo munsi, ati; ” Sinjye uzabona uwo munsi ugeze nkimana n’abafana banjye muri Uganda dutaha sitade shya Hoima City,” kandi yahise anashyira amafoto y’iyi sitade kuri X ye agaragaza amarangamutima n’ibyishimo, bikaba byashimangiye amakuru avuga ko ashobora kugaruka muri Uganda.

Davido akaba ramaze gutaramira muri Uganda inshuro zisaga ebyiri, kandi niba agarutse muri iki gihugu, abakunzi be benshi bo muri iki gihugu bazamwakirana ibyishimo bikomeye.

Previous Post

Buchaman yibasiye Eddy Kenzo nyuma yo kumufasha kwamamara

Next Post

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.