• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 9, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Kitoko wamamaye mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda yageze i Kigali avuye mu Bwongereza aho yari amaze imyaka 12 atuye akaba ahavanye n’impamyabumenyi ya Kaminuza muri Politiki.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 9, Ugushyingo 2025 nibwo yageze i Kigali avuye mu Bwongereza aho yagiye Tariki 29, Werurwe, 2013 agiye kuminuza.

Akigera i Kigali, yagize ati:” Narinkumbuye abantu, mu by’ukuri narinkumbuye n’amafunguro ntabonaga mu mahanga.”

Yavuze ko yagarutse mu Rwanda kuko hari ubuzima, nubwo abantu benshi bumva ko hanze haruta mu Rwanda.

Ati: “ Tujya hanze gushaka ubumenyi kugira ngo tuze tubukoreshe hano.”

Avuga ko azajya asubira mu mahanga nk’abandi bose, ariko icyemezo cyo kugaruka mu Rwanda ari ntakuka.

Hagati aho ku wa 05, Ukuboza, 2025, Kitoko afite igitaramo azahuriramo na Davido, komeza avuga ko yiteguye kuzashimisha abakunzi b’indirimboze.

Ati: “Nta bwoba mfite. Njye ku bwanjye ni ubwa mbere nzaba ninjiye muri BK Arena. Nta ndirimbo nshya nzaririmba, ariko nzatanga ibyishimo ndi umu old school kandi abantu bazishima”.

Mu Bwongereza, Kitoko ahakuye impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza yavanye muri Kaminuza ya South Bank University mu bijyanye na Politike.

Yize kandi n’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Master’s Degree) muri London Metropolitan University mu bijyanye no gukemura amakimbirane n’ububanyi n’amahanga.

Previous Post

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Next Post

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Uwamahoro Antoinette na Tuyisenge Valens Bayoboye Amatora muri Mashariki Film Festival 2025

Uwamahoro Antoinette na Tuyisenge Valens Bayoboye Amatora muri Mashariki Film Festival 2025

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.