Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje gutera imbere, bamwe mu bahanzi bawugize bagenda bahura n'imbogambizi zitandukanye zitari mu ruganda rw’imyidagaduro. Umuhanzi Yampano, wamenyekanye mu indirimbo zitandukanye, yahuye n’ihungabana rikomeye nyuma y’uko amashusho ye y’urukozasoni yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga. usibye...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje guhindura isura, hari abahanzi bahisemo kudasiga umuco n’amateka y’abenegihugu inyuma. Muri abo harimo Yvan Muziki, umuhanzi ukora injyana gakondo wiyemeje gusigasira “Inganzo” nyayo y’u Rwanda, binyuze mu bihangano bifite umuco n’ubutumwa. Kuri ubu,...
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Christopher Muneza yashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga busaba abantu kujya batekereza kabiri mbere yo gushyira ibitekerezo n’amafoto kuri konti zabo, agaragaza impungenge ku buryo imbuga nkoranyambaga ziri kugira ingaruka ku bana bato. Abinyujije kuri...
Umuhanzi Mark Bugembe wamamaye ku izina rya Buchaman, yatangaje amakur nyuma y’indirimbo ya Bobi Wine na Juliana Kanyomozi yitwa “Taata Wabana”, avuga ko uburyo iyo ndirimbo yakozwe mu buryo bwuzuye amarangamutima n’ubuzima bwo muri ghetto. Buchaman yavuze ko...
Eddy Kenzo, yagaragaje ibyishimo yinshi nyuma yo kumenya ko indirinbo ye yise “Hope and Love” yakoranye n’umuhanga mu gukora umuziki wo muri Iraki, Mehran Martin, yahawe igihembo cya Grammy Awards. Kenzo yavuze ko ayo makuru yayamenye bitunguranye ubwo...
The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire, bemeranya gufatanya mu bitaramo bitandukanye bahereye kuri “The New Year Groove”, The Ben ateganya mu mpera z’uyu mwaka. Ni amasezerano yashyiriweho umukono mu rugo rwa Coach Gael wari...
Nyuma y’imyaka irindwi amaze akora umuziki, Amalon yavuze ko agiye gushyira hanze album ye ya mbere, ateganya gusohora bitarenze Mutarama 2026. Iyi album Amalon ahamya ko amaze igihe akoraho yabwiye IGIHE ko indirimbo zose ziyigize yamaze kuzitunganya ku...
Kayigire Josue uzwi nka Afrique yashyize ku mugaragaro album ye ya mbere yise “In2Stay”, irimo indirimbo 12 zigaragaza urugendo rwe mu muziki n’ubuzima bwe bwite. Muri zo, harimo iyitwa “Alhamdulillah”, ivuga ku munsi wamuteye kugera mu butabera. Mu...
Mu gihe hasigaye ibyumweru bicye ngo hamenyekane abegukana ibihembo bya Mashariki Film Festival 2025, abakinnyi ba filime Uwamahoro Antoinette na Tuyisenge Valens bamaze kugaragaza ubudahangarwa mu majwi y’abakunzi ba sinema mu cyiciro cya “People’s Choice Awards”, aho abatorwa...
Umuziki wa Nigeria umaze kugera ku rwego mpuzamahanga. Icyatangiye nk’injyana y’abaturage isanzwe, cyabaye uruhurirane rw’injyana zitandukanye zigaruriye isi, zerekana uburyo umuziki wa Afurika ushobora guhindura amateka. Ibi bigaragarira neza muri Grammy Awards, ibihembo bikomeye ku isi mu muziki....