Iyo aryamye, Umwuka Wera asanga umunzozi akampa indirimbo gomba gukora. Muri make, sijya afata umwanya wo guhanga cyangwa kwandika; oya. Indirimbo ndirimba aba ari ibihimbano by'umwuka imana ibayamaye. Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025, Richard Nick Ngendahayo wamamaye...
BK Arena ntabwo ihenze, ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo. Iyo ugiye kuyikoreramo haba hagomba kurebwa niba koko bikwiye ko uhakorera igikorwa: ese ushobora kubona abantu bangana iki? Ese wowe wayishoyemo amafaranga yawe uzunguka? Iyo abantu bajyanye igikorwa muri...
Women Foundation Ministries na Noble Family Church bagiye gukora ku nshuro ya 19 igikorwa ngarukamwaka cyo gushima Imana cyamamaye nka "Thanksgiving in Action" . Kuwa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, kuva saa tano za mu gitondo (11:00...
Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko yateye inkunga igitaramo “Niwe Healing Concert” cy’umuramyi Richard Nick Ngendahayo, hagamijwe gukomeza gushishikariza abakiriya bayo gukoresha Serivisi ya Caller Tunez, dore ko n’indirimbo z’uyu muramyi ziri mu zicurangwa muri iyi serivisi....
Gisa cy'Inganzo yatangaje ko ageze ku rwego rwo gusohorera icya rimwe indirimbo ebyiri mu kwezi kumwe, avuga ko ari uburyo bwo guharanira icyubahiro n'umwanya we yari yaratakaje igihe yari mu bibazo bitandukanye adakora umuziki. Gisa cy'Inganzo yabigarutseho nyuma...
Nyuma yo gusubukura urugendo rwa kazi muri Kenya aho yahuye n’ubuyobozi bwa Universal Music Group iherutse ku girana na Ariel Wazy amasezerano, ubu Ariel yasubiye muri Keny aho agiye kumarayo icyumweru mu bikorwa bya muzika. Ibi byari byitezwe...
Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) ruratangaza ko rwamaze guta muri yombi Ishimwe Francois Xavier ukekwaho gukwirakwiza amashusho ya Yampano aryamanye n’umugore aho yasabaga amafaranga ngo ayabahe. Dr Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB avuga ko kuwa 18 Ugushyingo...
Umuhanzi wo muri Nijeriya, Burna Boy, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhagarika igitaramo cye cya No Sign of Weakness ubwo yari mu Mujyi wa Denver, muri Leta ya Colorado. Ibi byabereye ahitwa Red Rocks Amphitheatre,...
Kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2025, umuhanzi Mikie Wine yatangaje uruhande rwe rutari rusanzwe ruzwi n’abafana be. Mu kiganiro ( interview), uyu muhanzi wo muri Fire Base Crew yasabwe kuvuga uruhande rwe rutazwi cyangwa ubushobozi abantu batazi ko...
Umuhanzi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Uwiringiyimana Theogene uzwi nka Theo Bosebabireba, yashyize hanze amashusho avuguruye y’indirimbo "Mukunzi mwiza" avuga ko itangije umushinga wo gusubiramo amashusho y'indirimbo ze za kera mu buryo bujyanye n'igihe tugezemo. Mu...