Umunyamakuru n’umunyamideli w’Umunyauganda Sheilah Gashumba agiye kuzamura urwego rw’umwuga we mu myidagaduro, aho yitegura kumurika ku mugaragaro inzira nshya yo kuvuza imiziki nka DJ, mu gitaramo azakorera i Kigali muri Ukuboza 2024. Azajya ku rubyiniro akoresha izina rye...
Umuhanzi Ronald Mayinja, yagiriye inama urubyiruko ikomeye kandi yuzuyemo ubuhanga, aho yavuze ko rukwiye kwirinda ibiyobyabwenge n'ibishuko no kwitwara neza mu busore bwabo binyuze mu kwizerwa no kuba ndetse bakiyubaha, harimo no gufata ibyemezo bifatika kandi bifite intego....
Umuhanzi Clever J n’umuhungu we Jeremiah, bakoze impanuka ikomeye y'imodoka yahitanye ubuzima bw'umushoferi wabatwaraga witwa Paul Kizito, iyi mpanuka yabereye mu karere ka Nakasongola muri Uganda. Mu mashusho yashyize hanze yerekanaga Jeremih yavunitse amagauru yombi n'ukuboko kumwe, mu...
Ross Kana uri mu bahanzi bari kubaka izina mu Rwanda amaze iminsi abarizwa mu gihugu cy'abaturanyi cya Uganda, aho yataramiye muri ‘Comedy Store’ igitaramo cy’urwenya kimaze kubaka izina rikomeye gikunze gutumirwamo abahanzi bafite amazina akomeye. Ibi byabaye mu...
Umuhanzi nyarwanda ucuranga akoresheje saxophone (Saxophoniste) Methuselah Mbonimpa, uzwi cyane nka Water Sax, ari mu myiteguro ya nyuma y’igitaramo cyo kumurika ku mugaragaro album ye ya kabiri yise Wazimba, kizabera kuri Mundi Center ku wa 28 Ugushyingo. Ni...
Alarm Ministries, imaze imyaka 26 ikora umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, iritegura kwakira abakunzi bayo mu gitaramo kigamije gusoza umwaka bashima Imana ku bw’ibyo yabakoreye. Iki gitaramo kizaba ku wa 30 Ugushyingo 2025 muri Camp...
Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda ( RIB) aratangaza ko Uzabakiriho Cyprien uzwi ku mazina ya Djihad yigeze guhamagazwa n’uru rwego yihanangirizwa kongera gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni ariko yanga kubyumva ubu akaba yamaze gutabwa muri yombi akekwaho gukwirakwiza amashusho ya...
Umuhanzikazi w’icyamamare Juliana Kanyomozi yagarutse ku buryo ubuzima bwe bwahindutse mu myaka 15 ishize, mu gihe yitegura kwizihiza isabukuru ye ku wa 27 Ugushyingo. Abinyujije ku butumwa yageneye abakunzi be, Juliana yasangije abamukurikira uko yagiye ahindura imyumvire, imigenzo...
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo aratangaza ko yagarutse muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana ubudasubira inyuma nyuma y’imyaka isaga 17 ataboneka. Ibi yabitangarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri...
Umuhanzi ukunzwe mu muziki gakondo, Cyusa Ibrahim, yatangaje ko yamaze kwinjira mu myiteguro ya nyuma yo gushyira hanze album ye ya kabiri yise “Muvumwamata”, umushinga mushya uvuga ko uzanye ubutumwa bwimbitse ku muco nyarwanda, amateka y’umuryango we n’indangagaciro...