• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Icyamamare mu mupira wamaguru ku isi Christiano Ronaldo azagaragara muri Fast & Furious

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 16, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Icyamamare ku Isi mu mupira w’amaguru, CRISTIANO Ronaldo, akomeje kuvugisha benshi nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa cyane ko ashobora kugaragara muri filime yamamaye ku rwego rw’Isi Fast & Furious, mu gice cyayo cya 11 giteganyijwe gusohoka umwaka utaha 2026.

Nubwo batarabitangaza ku mugaragaro, amakuru aturuka hafi y’abategura iyi filime avuga ko hari ibiganiro biri kuba ku bijyanye n’uko uyu mukinnyi w’ibihe byose yakwitabira iyi filime imaze kwigarurira imitima ya benshi ku Isi.

Ibi byakongera kwagura izina rya Cristiano Ronaldo mu ruganda rwa sinema, nyuma yo kuba yarigaruriye isi y’umupira w’amaguru binyuze mu bihembo n’ibikorwa by’indashyikirwa yagiye akora.

Fast & Furious imenyereweho ibikorwa byihuta, imodoka zihenze n’abakinnyi b’ibyamamare, bikaba byatuma kugaragara kwa Ronaldo muri iyi filime byongerera agaciro iki gice cya 11 gitegerejwe na benshi. Abakunzi b’uyu mukinnyi n’abakunda sinema bakomeje kwibaza niba koko uyu Munya-Portugal azongera gutungura Isi mu rundi rwego rutari urwo asanzwe amenyereweho.

Mu gihe hagitegerejwe itangazo ryemeza aya makuru, icyizere ni cyinshi ko Fast & Furious 11 ishobora kuzaba indi ntambwe ikomeye ihuza siporo na sinema ku rwego mpuzamahanga.

Turakomeza kibakurikiranira Andi makuru avuga kuri iki gikorwa gitenganyujwe kugaragaramo Christiano Ronaldo.

Previous Post

Umubano wa Katrina Nilzero na Sheilah Gashumba wajemo agatotsi

Next Post

CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke

Bruce Melodi asuye Nyabugogo, yegera abaturage anabakuramo isoko y’indirimbo nshya

Bruce Melodi asuye Nyabugogo, yegera abaturage anabakuramo isoko y’indirimbo nshya

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.