Prophet Bishop Sibomana Samuel agiye gukora igiterane gikomeye kizabera muri Uganda, akaba yaragitumiyemo Israel Mbonyi ufite izina rikomeye mu Rwanda no mu Karere mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Iki giterane cyateguwe mu rwego rwo gutaha ku...
Itsinda rigizwe n'abasore batatu, B2C Soldiers, ryagaragaje ko umwaka wa 2025 wabagendekeye neza mu muziki, nubwo hari abafana bamwe batishimiye uko iri tsinda ritashyize hanze indirimbo nyinshi zigezweho. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, umwe mu bagize iri...
Umuhanzikazi Gloria Bugie nyuma yo gushinjwa kujya mu rukundo n'abagabo bashatse, ibi birego yabite utwasti, ndetse asobanura impamvu ituma atajya mu rukundo n’umugabo ufite umugore. Nubwo indirimbo ze zirimo gukundwa cyane nk'uko abyifuza ariko Gloria ntigeze atuza kubera...
Kim Kardashian yaguze Bibiliya ya se Robert Kardashian mu ibanga nyuma yo gutsinda cyamunara yari ihanganyemo n’umuryango wa O.J. Simpson Kim Kardashian yangaje ko yaguze Bibiliya y’umubyeyi we Robert Kardashian, wahoze mu itsinda ryunganiraga O.J. Simpson wamamaye muri...
Esther Senga ni umuhanzikazi w'umuhanga mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, akaba ari n’umwalimu w’umuziki. Acuranga ibicurangisho bitandukanye birimo guitar, piano na saxophone, akaba yarinjiye mu muziki nyuma yo kuwukundishwa na Bosco Nshuti. Esther Senga aatuye i Kagugu...
Abaramyi James na Daniella Rugarama bakunzwe cyane mu ndirimbo zitandukanye nka "Mpa Amavuta", "Nkoresha", "Narakijijwe", "Hembura", "Yongeye Guca Akanzu", "Mutangabugingo" n’izindi nyinshi bategerejwe mu gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana cyiswe ‘Endless Worship’. Iki gitaramo cyateguwe n’itsinda ry’abaramyi...
Nyuma y'uko umu ririmbyi w'indirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana Ishimwe Vestine, ubarizwa mu intsinda rwa Dorcas na Vestine, atanga amagambo akoye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagarma, avuga ko abayeho mu buzima bubi kandi atabukwiye. Aline Ngahongayire, ...
Ku nshuro ya kabiri, ubuyobozi bwa Zacu Entertainment bwemeje ko bugiye kongera gukora ibirori byiswe ‘Zacu Gala’ ku nshuro kabiri ariko noneho bikazaba bivuguruye ugereranyije n’ibyabaye ku nshuro mbere. Mu kiganiro IGIHE yagiranye na Frank Kanyamurera ushinzwe iyamamazabikorwa...
Ijoro ryo ku wa 14 Ugushyingo 2025 ryabereye Kampala Serena Hotel ryabaye urubuga rukomeye rwo kwerekana uburyo umuziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba ukomeje gutanga amahirwe ku bahanzi batandukanye, by’umwihariko Abanyarwanda bagaragaje ko bafite ijambo mu ruhando mpuzamahanga. Ni...
Nyuma y’amezi hafi 12 ari mu Itorero Ishyaka ry’Intore, umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo z’agakondo, Ruti Joël, yafashe icyemezo cyo gusubira mu Itorero Ibihame by’Imana, aho yavukiye mu buryo bw’umwuka, avuga ko yahisemo guharanira kubana no gukemura ibibazo aho...