• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umubano wa Katrina Nilzero na Sheilah Gashumba wajemo agatotsi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 16, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umunyamideri w’imideli n’ubwiza Katrina Nilzero yatangaje ku mugaragaro ko umubano we na Sheilah Gashumba, uzwi cyane mu kwamamaza ibirango no kuyobora ibirori, wamaze ku yoyoka burundu, avuga ko nta kintu na gito kikibahuza.

Mu magambo ye, Katrina yavuze ko nta kibazo afitanye na Sheilah Gashumba, ariko ashimangira ko ubucuti bwabo bwari busanzweho bwamaze kuyoyoka burundu. Yasobanuye ko n’iyo bahura cyangwa bakicara ahantu hamwe, nta mubano cyangwa ibiganiro byabahuza hagati yabo.

Yagize ati: “Sheilah Gashumba kuri njye ni nk’aho ntakiri mu buzima bwanjye. Nta kibazo mufitanye na we, ariko n’iyo twakwicara ahantu hamwe, ntamubano rihagati yacu.”

Umubano wa Katrina Nilzero na Sheilah Gashumba wajemo agatotsi

Aya magambo ya Katrina agaragaza ko icyabahuzaga cyitakiriho, kandi ko nta bushake bwo kongera kubaka uwo uzegera buho. Nta bisobanuro birambuye yatanze ku cyateye ayo macakubiri, gusa yahisemo kugaragaza ko yamaze Gutandukana na Gashumba.

Ibi Katrina yatangaje byahise bikurura impaka n’ibiganiro byinshi mu bafana babo no ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane ku bakurikiraniye hafi ubucuti bwabo mu gihe cyashize.

Mugihe cyashize bari inshuti yakadasoka cyane ko aho Katrina yabagari wasangaga uyu munyamiderikazi, Gashumba, kuri ubu abakunzi babo barakiza icyatse agatotsi mu mubano wa babombi.

Turaza gukomeza kuba kurikiranira andi makuru yerekeye kuri iy’inkuru.

Previous Post

Umunezero wo kwakira Lionel Messi mu Buhindi wahindutse imvururu

Next Post

Icyamamare mu mupira wamaguru ku isi Christiano Ronaldo azagaragara muri Fast & Furious

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
10 minutes ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Next Post
Icyamamare mu mupira wamaguru ku isi Christiano Ronaldo azagaragara muri Fast & Furious

Icyamamare mu mupira wamaguru ku isi Christiano Ronaldo azagaragara muri Fast & Furious

CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.