• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Sunday, June 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nambara bijyanye n’aho ngiye” – Ava Peace

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 31, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Ava peace yagurutse ku banenga ko amaze iminsi bavuga ku myambarire ye, ashimangira ko umuryango we n’abafana be bamwumva kandi ko bamushigikiye mu mahitamo ye mu myambarire.

Ibi yabivugiye mu birori yizihirizagaho isabukuru y’imyaka 30, y’ubukwe bw’ababyeyi be, aho yasobanuye ko imyambarire ye iterwa n’ahoagiye ndetse n’ubwoko bw’ibikorwa agiyemo, asaba abamunenga kureka kumucira urubanza batabanje gusobanukirwa impamvu ibimutera.

Yagize ati: “Sishobora  kwamabara imyambaro igaragaza imiterere y’umubiri wanjye; mu birori bigeye bitandukanye  byaba bikorwa nijoro cyagwa ku manywa. Nkunze kwambara ibijyanye n’aho ngiye gukorera. Sinshobora no kwamabara imyambaro igaragaza  cyane mu birori byo kwirekana mu miryango cyagwa mu bukwe. Niba warandebye uko nambara mu bitaramo byanjye byose, nambara ibijyanye n’igikorwa ndimo.

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko yubaha abakiriya n’abafana be, kandi ko ahora yitwararika aho ajya n’uko yitwara mu ruhame. Yavuze kandi ko ababyeyi be bazi neza ko yambara bitewe n’aho agiye, kandi ko bamusobanukiwe neza.

Yagize ati: “Ababyeyi banjye baranyishimira cyane. Si ku bijyanye n’imyambarire gusa, ahubwo muri rusange baranyishimira, kandi ibyo ni byo by’ingenzi. Iyo mbasobanuriye ko mpiatamo imyambaro bitewe n’aho ngiye, kandi baranyumva.”

Ava Peace yakoresheje uwo mwanya ashimira ababyeyi be mu gihe bizihizaga imyaka 30 bamaze babana, yavuze ko ababyeyi be abafatiraho icyitegererezo cy’ubwitange n’urukundo.

Yasoje agira ati: “Twijihije isabukuru y’imyaka 30 ishize ababyeyi banjye babanye. Ndashimira kuba ababyeyi banjye bakundana kandi batara tandukanye, ndetse no kunyereka icyo urukundo nyarwo ari cyo. Ms Nakamate Christine na Kato Gonzanga ndabakunda cyane!!.”

Previous Post

Ragga Dee yatorewe kuyobora UFMI

Next Post

Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Karole Kasita yateguje igitaramo cye bwite

Karole Kasita yateguje igitaramo cye bwite

“Ihangana rya Bruce Melodie na The Ben riri munsi ya 0.0%” – Pacson 

"Ihangana rya Bruce Melodie na The Ben riri munsi ya 0.0%" - Pacson 

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.