Alien Skin yasabye bagenzi be bakora umuziki kongera kwibanda ku bikorwa by’ubuhanzi bwabo nyuma y’uko amatora rusange ya 2026 n’ibikorwa byo kwiyamamaza bya politiki bisojwe. Ku itariki ya 15 Mutarama, muri Uganda hakozwe amatora y’Umukuru w’igihugu n’Abadepite. Nyuam...
Kigali yitegura ibirori bya hip-hop birimo imbaraga n’imivugire ikomeye kuko Mic Tribe igiye kugaruka mu gice cyayo cya gatatu, aho abahanzi bazaba bayoboye ikibuga ari bo Bull Dogg na B Threy, baherekejwe n’abaraperi b’ingenzi bazitabira uyu mwanya ukomeye...
Karole Kasita yahishuye uruhare rukomeye umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Mudra yagize mu gutuma umuziki we utera imbere, yamushimiye cyane ku ntambwe yose ikomeye yamufashije gutera imbere binyuze mu indirimbo ye ya mbere yamamaye, Yaka. Agaruka ku rugendo rwe...
Nyuma y’amasaha make urujijo rugaragara ku mbuga nkoranyambaga rukavugisha benshi, abahanzi bakomeye mu Rwanda, The Ben na Bruce Melodie, bongeye kugaragaza ko umubano wabo ukomeye kandi ushingiye ku bwumvikane, aho The Ben yisubiyeho akura ku mbuga nkoranyambaga ifoto...
Mu rwego rwo gusigasira amateka no gukomeza gutoza Abanyarwanda indangagaciro z’ubutwari n’ubumwe, igitaramo cya mbere cya Ubutwari Tour Concert 2026 cyabereye mu karere ka Nyanza, cyahuriza hamwe abahanzi bafitse ibigwi bazwi mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu n’abaturage b’ingeri zitandukanye,...
IShowSpeed Abura Uburyo bwo Gusoza Tour ye muri Afurika Nyuma y’Incidente ikomeye mu Alijeriya. IShowSpeed, umunyamakuru w’ibirori wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje agahinda gakomeye ubwo yahagarikaga vuba igikorwa cya live stream yari afite muri Algeria, mu rwego...
Umuhanzi mpuzamahanga w’Umunya-Nigeria, Burna Boy, yabanje guhura n’imbogamizi zitari zitezwe ubwo yari ageze muri Marroc aho yari yatumiwe gutaramira abakunzi b’umupira w’amaguru mu gitaramo gikomeye cyateguwe mu rwego rwo gusoza ibirori bya AFCON. Uyu muhanzi yari utegerejweho gususurutsa...
Umuhanzi ukomeye muri Uganda, Alien Skin, yasabye bagenzi be bo mu ruganda rw’umuziki gusubira gushyira imbaraga mu muziki, nyuma y’uko amatora rusange n’ibihe byo kwiyamamaza byasojwe. Uyu muhanzi yavuze ko igihe cya politiki kirangiye, bityo ko ubu ari...
Eva Apio yagiye muri Maroc, aho arikumwe n’inshutiy ze, ndetse bikaba bivugwa ko ku wa Gatandatu ariho yakurikiriye umukino w’umupira w’amagura wari wahuje Nigeria na Misiri bahatanira umwanya wa gatatu mu Gikombe cya Afurika (AFCON) 2025. Kubera ko...
Umuhanzi A Pass yatangaje ko yakomeretse nyuma yo gukubitwa, avuga ko byabaye mu gihe cy’amatora ya Perezida n’Abadepite yabaye ku itariki ya 15 Mutarama 2026. Uganda yari mu matora mu gihe umutekano wari wakanjijwe cyane, ndetse na internet...