Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo mu gisekuru (ukuzimaka), cy’abahanzi bo muri Uganda uyu munyapolitiki avaga ko abona uyu muhanzikazi arimo gutanga umusanzu ugaragara...
Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe ifasha abahanzi ku yobora ibikorwa by’ubuhanzi ha kubikora wenyine. Ibi yabivuze ashingiye ku bunararibonye bwe, uyu muhanzi yavuze...
Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho guhuriza hamwe Abanyarwanda n’inshuti zabo batuye i Burayi mu mwuka w’amasengesho, indirimbo n’ugusangira kwizera. Ku wa Gatandatu tariki...
Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha abandi bose mu mateka ya Grammy, aho yarushije Jay-Z wari ufite aka gahigo. Kendrick Lamar wegukanye igihembo cya...
Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Tyla, yogeye gukubitira mu mavi muhanzi Davido mu gihe cy’ibirori bya Grammy byabaye ku nshuro ya kabiri, ubwo rero Davido yazaga muri ibibirori yaje aherekejwe n’umugore we yifite ikizere cyo cyokwegukana iki gihembo....
Umuhanzi w’icyamamare Mugisha Benjamin , azahuza abakundana n’umuziki wuje amarangamutima mu gitaramo cyihariye kizabera i Kampala mu gihugu cya Uganda ku wa 14 Gashyantare 2026, umunsi wizihirizwa urukundo ku rwego rw’isi, Saint Valentin. Iki gitaramo kizaba kidasanzwe kuko...
Mu gihe injyana ya Hip Hop nyarwanda ikomeje kwaguka no guhabwa umwanya mu myidagaduro, abakunzi bayo bagiye guhurizwa hamwe mu gikorwa kidasanzwe cyiswe Mic Tribe, igitaramo gifatwa nk’urubuga ruhuza abaraperi n’abafana babo mu mwuka umwe w’umuziki, ubuhanzi n’imibanire....
Abakunzi b’umuziki muri Nigeria no hanze yayo baguye mu gahinda nyuma y’urupfu rw’umuhanzi ukizamuka, Ifunanya Nwangene, wapfuye mu mpera z’icyumweru gishize azize kurumwa n’inzoka yari yinjiriye mu nzu ye i Abuja, umurwa mukuru wa Nigeria. Ifunanya Nwangene wari...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Geosteady yatangaje ko ubuzima bwe bwahindutse cyane nyuma yo gusoza gahunda yo kwivura no kwiyubaka mu bigo ngororamuco, aho yari yajyanywe kubera ibibazo by’ibiyobyabwenge. Yagarutse ku masomo akomeye yakuye muri uru rugendo, ashimangira ko kwitandukanya n’ingeso...
Abakunzi b’umuziki nyafurika by’umwihariko uw’i Uganda batuye mu Bwongereza no mu bindi bihugu by’i Burayi bagiye kubona ibyishimo bidasanzwe ku munsi w’abakundana, tariki ya 14 Gashyantare 2026, aho abahanzi bakomeye Spice Diana na Iryn Namubiru bazataramira mu gitaramo...