• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Sunday, June 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Igihombo mfite ubu cyatewe n’ubutaka naguze” – Dr Prop

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 30, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Dr. Prop yatangaje ko ari mu bibazo bikomeye by’imari, avuga ko afite imyenda myinshi imuremereye cyane.

Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo Omwana Owomwavu, ibi yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yagarutse ku bibazo ari kunyuramo muri iyi minsi n’impamvu nyamukuru yahisemo kwitabira ibikorwa byo kwamamaza Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora.

Dr. Prop yavuze ko kwinjira muri iyo kampeni yari agamije gukorera amafaranga, kuko yari yizeye ko byazamufasha gukemura icyo kibazo ndetse no kogera kwisuganya mu mikorere ye.

Yagize ati: “Icyo nzi neza ni uko iyo umuntu akoze neza, ahembwa. Kandi niteguye guhembwa ku bw’akazi nakoze mfasha perezida muri kampani ye. N’iyo mpamvu ninjiye mu itsinda ryo kwamamaza perezida Yoweri byari ugushaka amafaranga ngo mbashe kwishyura umyenda mfite yose. Ndashaka kongera guhangarara nkakora ubuzima ndimo bugahinduka.

Abajijwe icyateye ibibazo birimo amadeni , dr. Propa yasobanuye ko imyenda afite yatewe n’ibihombo byavuye mu masezerano y’ubugure bw’ubutaka ataragenze neza, bityo bikamutera ibibazo by’ihingabana by’ubukungu.

Yasoje avuga ko yafashe ingamba zo kogera kwiyubaka nyuma iy’ibyo bibazo, ndetse akanemera kubaho yicisha bugufi, yirinda kwiyemera ibyo atunze cyagwa kwigamba ku bintu bidafite umu maro cyane ko yaje gusanga ibintu byose ari ubusa, biyoyoka ntumenye aho biciye.

Previous Post

Ruswa y’igitsina n’abakomisiyoneri bikomeje kwigaragaza muri kaminuza

Next Post

Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

“Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze” – Papa Sava

"Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze" - Papa Sava

BNR yagaritse by’agateganyo serivisi za Mobicash mu Rwanda

BNR yagaritse by’agateganyo serivisi za Mobicash mu Rwanda

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.