DJ Pius umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agiye gukorera igitaramo mu Mujyi wa Portland muri Leta ya Maine. Ni igitaramo uyu muhanzi yahuje n’ibirori byo kwizihiza umunsi w’isabukuru ye y’amavuko. Cyateguwe na sosiyete yitwa ‘Innox...
Hon. Balaam Barugahara, umucuruzi ukomeye kandi uzwi cyane muri Uganda ndetse akaba ari na Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Imibereho y’Abaturage, Umurimo n’Imibereho Myiza mu rwego rushinzwe Abana n’Urubyiruko, yatangaje ko yabaye umuherwe (billionaire) akiri muto afite imyaka 25....
Eddy Kenzo yatangaje impamvu atitabiriye ibirori bya Grammy byabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Aggie Uwase ku muyoboro wa telefoni, cyatambutse kuri KFM, mu kiganiro DHook, yuveze ko impamvu nyamukuru ko ari igihe...
Umuyobozi wo kuramya w’icyubahiro, Dr Ron Kenoly, yitabye Imana ku wa Kabiri, tariki ya 3 Gashyantare 2026, nk’uko byemejwe n’umuyobozi we mu muziki, Bruno Miranda, mu butumwa yashyize ku rukuta rwa Instagram kuri konti ya Kenoly yemewe. Mu...
Umunyamideri akaba n’umushyushyarugamba wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ubutumwa bukomeye bugenewe urubyiruko, abasaba kureka kwitwaza ibibazo by’ubuzima bagahitamo inzira y’ibiyobyabwenge n’ibisindisha. Ubu butumwa yabunyujije ku rukuta rwe rwa Snapchat, aho yasabye cyane...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Tanzania, Zuchu, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho ye ari mu kiganiro cy’urwenya na Diamond Platnumz, aho yamusabaga kumwishyurira operasiyo yo kongeresha amabere. Aya mashusho yakwirakwiye cyane kuri interineti agaragaza aba bombi bari...
Umuhanzikazi wo muri Kenya Victoria Kimani yagaragaje ko ashyigikiye byimazeyo umuhanzi w’icyamamare wo muri Afurika y’Epfo Tyla, nyuma y’uko bamwe bakibaza uburyo yatsindiye igihembo cya Grammy, ndetse bagaruka ku mitegurire n’amategeko akomeye ashyirwa ku bahanzi b’Abanyafurika. Abinyujije ku...
Ubushize Prence Nemial, wamamaye ku izina rya Ya Levid, yakoreye igitaramo muri Uganda, asiga yanditse amateka, aho abacyitabiriye bamusezeranyije ko bazogera bakwitabira igitaramo cye igihe icyo ari cyo cyose yaba yongeye kugikorera muri iki gihugu. Uyu muhanzi ukomoka...
Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere kurusha abandi cyagwa bamwe mu abahanzi biyita abambere mu muziki. Muneza Christopher yagize ati: “Nubwo ntawe gamije...
Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere no guhinduka k’uru rwego. Gusa, yagaragaje ko gutsinda kw’abahanzi bakizamuka bitavuze ko abamaze kwiyubakira izina baba barangiye. Umuhanzi...