Spice Diana yatangaje ko we n’uwahoze ari umuyobozi we, Roger Lubega, bagiye kugabana inyungu (royalties) n’imitungo bakoreye mu gihe bakoranaga. Ibi yabigarutse mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru ku muyoboro wa telefoni, Aho yavuze ko we na Roger batandikanye batagikora...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, yongeye kuvugisha benshi ku rwego mpuzamahanga, atari gusa ku mpamvu za politiki, ahubwo no ku mubano we urimo kuvugwa cyane n’icyamamare mu muziki ku Isi, Katy Perry, ubwo bombi bagaragaraga...
Winnie Nwagi, yatandaje ko ageze ku rwego kuba yaba umuntu mukuru kandi ufite ubushobozi mwinshi, avuga ko ari yo mpamvu ari gukora cyane anashaka indi mirimo, ishobora ku mwungukira (side hustles), kugira ngo abashe kwinjiza amafaranga, ayashore mu...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Spice Diana, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana mu kazi n’umujyanama we wamufashije igihe kirekire, Roger, washinze inzu ifasha abahanzi izwi nka Source Management, nyuma y’imyaka igera kuri 10 bakorana. Uyu muhanzikazi yabitangaje mu...
Umunyamakuru w’imbuga nkoranyambaga (TikToker) Luwi Light yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa none, nyuma yo gufatwa akagirwa imfungwa by’agateganyo mu cyumweru gishize, akekwaho gutoteza no guhohotera abantu hakoreshejwe ikoranabuhanga (cyber harassment), mu rubanza ruregwamo umugore wa Bebe Cool,...
Umujyi wa Bruxelles mu Bubiligi ugiye kuba isibaniro cy’igitaramo gikomeye cy’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, kizahuza umuhanzi w’inararibonye Alexis Dusabe afatanyije na Tracy Agasaro n’umugabo we René Patrick, mu gikorwa giteganyijwe mu ntangiriro za Mata 2026. Iki...
Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine mu muziki, yagaragaje ko yifuza gutaha iwe mu rugo nyuma y’iminsi amaze mu buhungiro, ndetse ko akomerewe ku buryo atarabasha no guhindura imyambaro. Bobi Wine uri...
Umuraperi Derrick Katongole, wamamaye ku izina rya Victor Kamenyo, yatangaje ko gutsindwa kwe mu matora y’Abadepite, aho yimamarije kuyobora Akarere ka Rubaga, byabaye bitewe n’ibibazo bikomeye byaranze amatora. Mu kigganiro n’itangazamakuru, Victor Kamenyo yavuze ko uburyo amatora yakozwemo...
Umuhanzi Mutebi Ramanthan, wamamaye ku izana rya Lord Bitemu, yatangaje ko ateganya kujyana mu inkiko ibyavuye mu matora y’abadepite biyamamarije kuyobora umujyi wa Nansana. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Lord Bitemu yavuze ko ari kwitegura gutanga ikirego arega aho...
Umuryango w’umuhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Baby Gloria, watangaje ko utemeranywa n’ibihuha bimaze iminsi bikwirarakwira ku mbuga nkoranyambaga, bivuga ko urugo rw’uyu muhanzikazi Baby, ruri mu marembera, ibi bihuha bije nyuma y’igihe cy’amezi make gusa...