Nsabimana Léonard uzwi cyane ku izina rya ‘Ndandambara’ mu muziki nyarwanda, ari mu bahanzi bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko abana n’abagore babiri mu buzima bwe bwite. Icyakora, uyu muhanzi agaragaza ko ibi atabifata nk’ikintu giteje impaka...
Uwase Muyango Claudine, wegukanye ikamba rya Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yavuze ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo byamusigiye ibikomere bikomeye mu mutima, bituma afata icyemezo cyo gushyira imbaraga ze zose mu kwishakira amafaranga no kwita ku...
Inzu ya Nicki Minaj iherereye mu gace k’abaherwe ka Hidden Hills muri Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ntabwo igitejwe cyamunara nyuma y’uko indishyi z’urubanza yari yarategetswe kwishyura zamaze gutangwa, bigashyira iherezo ku mpaka zari zimaze...
Abtex umwe mubaterankunga b’ibitaramo, akaba ari na Perezida w’ishirahamwe ry’abategura ibitaramo muri Uganda (Federation of Uganda Promoter Association), mu kiganiro yagiranye na Sanyuka Tv, yasobanuye ko amakuru amaze iminsi atambuka ku mbuga nkoranyambaga ajyanye n’inkunga ya miliyari 10 z’amashiringi ya...
Umuraperi Curtis Jackson wamamaye nka 50 Cent yagarutse ku masomo akomeye abona akwiye kwitabwaho n’abahanzi, ashimangira ko kwivanga mu by’amadini na politiki bishobora kugira ingaruka mbi ku isura y’umuhanzi muri rubanda. Yabivuze mu gihe yari ari kwamamaza filime...
Spice Diana yashimangiye ko abahanzi n’amashirahamwe abacunga imitingo y’abahanzi cyangwa amazu atunganya umuziki bakwiye gutandukana no kutumvikana, cyane ko ibi bigeze aho batakibasha guhuriza ku bitekerezo bimwe mu bijyanye n’imikoranire yabo bitewe n’amakibirane uasnga bafitanye. Uyu muhanzikazi, aherutse...
Umukinnyi wa filime Sarah Kampire wamenyekanye cyane nka Micky muri Impanga Series yashyize hanze filime ye ya mbere irangiye yise “Toxic”, agaragaza ko ateye indi ntambwe ikomeye mu rugendo rwe rwa sinema aho atagifatwa nk’umukinnyi gusa, ahubwo atangiye...
Umuhanzi Bruno Kiggundu, wamamaye nka Bruno K, yatangiye gusaba kwishyurwa arenga miliyoni130, z’amashilingi ya Unganda, ay’amafaranga asaba kwishyurwa, yayatsindiye mu rubunza yaburanagamo na sosiyete ya Black Market Entertainment, mu mwaka ushize. Bruno K, yasinyanye amasezerano na Black Market...
Ishimwe Prince uzwi nka Da Rest, wahoze mu itsinda Juda Muzik, yasohoye indirimbo nshya yise ‘Amore’, iri mu murongo w’indirimbo z’urukundo zifite umwihariko ku buzima bwe bwite. Iyi ndirimbo igaragaramo amashusho yihariye agaragaza bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze...
Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru wa RBA Japhet Mazimpaka yatangaje ko imbuga nkoranyambaga zimaze guhinduka ikibazo gikomeye mu mibereho y’abantu, azigereranya n’icyorezo gihisha kwiyemera gushingiye ku mibare idafite ishingiro. Yavuze ko abantu benshi bari gutakaza ukuri kwabo, baharanira gusa kugaragara...