• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere kurusha abandi cyagwa bamwe mu abahanzi biyita abambere mu muziki.  

Muneza Christopher yagize ati: “Nubwo ntawe gamije gusesereza, ariko sinemeranya n’bamwe mu bahanzi bishora mu mpaka zo kuba aba mbere mu muziki.”

Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE ubwo yari ari kumenyekanisha album ye nshya yise ‘H20’.

Christopher yavuze ko ibyo guhangana ntacyo bifasha abahanzi, ahamya ko umuziki wa kabaye urubuga ruhuza abantu kurusha kubahanganisha.

Christopher ati: “Ubundi cyereka abahanzi babyizereyemo bakumva ko umuhanzi runaka atagakeiye kaba umwanzi wawe kubera ko ari umunyamuziki, umuziki ukwiye kuba uhuza abantu ntabwo utandukanya abantu.”

Ku rundi ruhande Christopher ntiyemeranya n’ibikunze gukorwa byo guhanganisha abahanzi, ahamya ko nta muhanzi wa mbere ubaho.

Ati “Njye ntawe nibasiye nta n’uwo ndibuvuge izina ariko nta muhanzi wa mbere ubaho, ubwo se waba uri uwa mbere mu biki? Hari urwego ugeraho mu Rwanda ukaba uzwi n’abantu bose […] biragoye ko wavuga ngo uyu niwe wa mbere, oya nta muhanzi wa mbere ubaho.”

Christopher avuga ko mu gihe ukoze indirimbo ikamamara bitakugira uwa mbere kuko haba hari n’abandi bafite indirimbo zizwi cyangwa n’ejo havuka undi nawe agakora indirimbo kamamara kurusha iyawe.

Uyu muhanzi yagaragaje ko abantu bakunze kwitiranya abafana bakunda umuhanzi cyane n’ababa bashungereye umuhanzi runaka kubera ibyo akora.

Ati “Tugira abantu benshi badukunda tukagira n’abandi badushungera, hari abahanzi bakundwa cyane bivuye ku mutima, tukagira n’abandi bashungerwa kubera ibintu runaka bakunda gukora.”

Christopher yagaragaje ko nta buryo bwo gupima igikundiro ku bahanzi buhari, ndetse ko iryo hangana inshuro nyinshi zituma hari byinshi byangirika.

Uyu muhanzi ahamya ko abantu bakwiye kujya batandukanya umuhanzi abantu bemera n’uwo abantu bakunda.

Previous Post

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

Next Post

Ya Levis yatangaje ko azajya kwifatanya n’abanya-Uganda muri Siant Valentin

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Ya Levis yatangaje ko azajya kwifatanya n’abanya-Uganda muri Siant Valentin

Ya Levis yatangaje ko azajya kwifatanya n'abanya-Uganda muri Siant Valentin

Victoria Kimani yatangaje ko ashyigikiye itsinzi ya Tyla muri Grammy

Victoria Kimani yatangaje ko ashyigikiye itsinzi ya Tyla muri Grammy

Zuchu yateye urwenya asaba Diamond kumwishyurira operasiyo yo kongera amabere

Zuchu yateye urwenya asaba Diamond kumwishyurira operasiyo yo kongera amabere

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.