Tariki ya 1 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu, abagize uruhare mu kubohora igihugu, kubaka no kurengera indangagaciro z’igihugu, aho muri uyu mwaka wa 2026 uzizihizwa ku nshuro ya 32 hateganyijwe igitaramo gikomeye cy’umuco kizabera...
Umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuhanzi, Dokta Brain yatangaje ko ashobora guhagarika kuririmba, aviga ko kuri we kuririmba byatangiye ku mufata nk’“umucarakara” aho kumubera ibyishimo n’icyuzuzo cy’inzozi ze. Nubwo yatangaje ko ashobora kureka kuririmba, ashimangira ko impano ye yo kwandika...
Dokta Brain yatangaje impamvu nyakuri yatumye agirana amakimbirane na Grenade Official mu bihe byashize, avuga ko byose byaturutse ku kutumvikana bya hato na hato byaje gufata indi ntera bikabyara umwuka mubi hagati yabo bombi. Aba bahanzi bombi bari...
Umuvangamiziki (Deejay), w’umunya-Uganda witanye Imana, witwa Seth Mwalye, wamammye nka Dj Ciza, akaba ari bushyingurwe uyu munsi tariki ya 26 Mutarama 2026, i Mbale mu karere ka Matarama. Dj Ciza yitabye Imana ku itariki ya 24 Mutarama 2026....
Mani Martin, umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda, yatangiye ku mugaragaro urugendo rwo kumenyekanisha album ye nshya yise “Rebirth”, imaze kwigarurira imitima ya benshi mu bakunzi b’umuziki mu Rwanda. Ni mu gitaramo cyabereye muri Tic...
Alien Skin yanenze bamwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda, abashinja kuba bari inyuma y’abakoresha TikTok, babaha amafaranga mu ibanga kugira ngo basebye abandi bahanzi bafitanye amakimbirane. Atangaje ibi nyuma y’uko umwe muba TikToker Luwilight atawe muri yombi, amaziana...
John Blaq yongeye kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ahuje isohoka ry’indirimbo yakoranye na Justin Bieber yari tegerejwe cyane n’abatari bake, n’umukino ukomeye wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Bwogereza (English Premier League). Mu kiganiro yakoze...
Umuhanzikazi nyarwandakazi Alyn Sano akomeje kwandika amateka mashya mu muziki nyarwanda, nyuma yo kwitabira ku nshuro ya mbere inama mpuzamahanga ya The NAMM Show 2026 iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi nama ihuza abakora umuziki...
Nyuma y’amezi hafi umunani n’igice adasohora indirimbo nshya, umuhanzikazi Clarisse Karasira yongeye kugaruka ku ruhando rw’umuziki nyarwanda abinyujije mu ndirimbo yise “Abandi bana”, yasohotse ku wa 23 Mutarama 2026. Iyi ndirimbo yongeye gushimangira umwihariko w’uyu muhanzikazi mu guhuza...
Umuhanzi nyarwanda Mbarushimana Moise uzwi ku izina rya Boy Chopper mu njyana ya Hip Hop, arimo gusaba ubufasha bwo gutaha mu Rwanda, nyuma yo kumara igihe afungiye mu gihugu cya Cambodia mu buryo butemewe n’amategeko, aho bivugwa ko...