Umuhanzi w’indirimbo gakondo, Yvan Muziki, aritegura kongera guhura n’abakunzi b’umuziki nyarwanda mu gitaramo kidasanzwe azakorera i Kigali, kizanasiga amuritse album ye ya mbere yise Inganzo Ntahangarwa. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba ku wa 13 Gashyantare 2026 muri Kigali...
Umuhanzi Juno Kizigenza yatangiye umwihariko mushya mu rugendo rwe rwa muzika, nyuma yo gufata icyemezo cyo gukura burundu izina ‘Rutwitsi’ mu byo yifashishaga mu buhanzi bwe, mu rwego rwo kwirinda impaka no kubahiriza ubusabe bw’inzego z’igihugu. Iki cyemezo...
Umuhanzikazi nina Roz yatangaje zimwe mu mbogamizi yagiye agira mu guhuza umwuga w’umuziki n’ibikorwa bya politiki, ashingiye ku bunararibonye n’urugendo rw bwite. Nana Roza yavuze ko kubasha guhuza ibi byombi bisaba imbaraga nyinshi kandi zidasanzwe no kkwihangana gukumeye,...
Umuhanzi kaba n’umuwanditse w’indirimbo, Andrew Ojjambo wamamaye nka Daddy Andre, yateye indi ntambwe ikomeye mu rukundo nyuma yo gusura ababyeyib’umukunzi we, Sylivia Nandera Suubi, mu muhango wo kwiyerekana mu muryango, n’umuhango wa garagarayemo ibyishimo n’akanyamuneza. Uyu muhango wabaye...
Umuraperikazi w’icyamamare Cardi B akunze kuvuga yeruye ku bijyanye n’ibikorwa byo kwibagisha yihitiyemo (plastic surgery) yakoze mu bihe bitandukanye, akabivuga ashize amanga/atihisha cyangwa ngo abigire ibanga ku bafana be. Uyu muririmbyi wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Bodak Yellow” yatangiye kwamamara mu 2017. Yagiye akora ibikorwa...
Nubwo bari batandukanye ku mubiri, urukundo rwa The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella rwarushijeho kumvikana binyuze mu ibaruwa yuje amarangamutima uyu muhanzi yamwifurijemo isabukuru nziza y’amavuko. Ni ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi, bugaragaza ko intera itabasha guca...
Ukwezi kwa Gashyantare kwahaye abakunda kureba filime na series amahitamo menshi, cyane cyane series ngufi ushobora kureba mu minsi mike utarinze gufata igihe kinini. Imbuga nkoranyambaga zitandukanye zikomeje gusohora inkuru zigufi, zifite umwihariko kandi zoroshye gukurikira. Impinga.rw yakusanyije...
Umuhanzi John Blaq yatangarije abakunzi be b’umuziki ko afite indi mpano abantu benshi batari bamuziho. Uretse kuririmba indirimbo ze ndetse zanakunzwe, yavuze ko akenshe ariwe utekereza akanandika amagambo y’indirimbo, yongeyeho ko Atari ize gusa ahubwo n’iz’abandi bahanzi. Uyu...
Umuhanzikazi Lisaa yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakobwa bari kwiyubaka mu muziki Nyarwanda, nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ig Post”, indirimbo ihuza urukundo n’ibihe by’ikoranabuhanga. Iyi ndirimbo iri mu njyana y’urukundo, ariko ikagira...
Umuhanzi Levixone, uzwi cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, ni urugero rw’uko impano ishobora gukura ahatatekerezwa. Yanyuze mu buzima bugoye bwo ku muhanda, yibonera urupfu n’amaso ye, ariko...