Britney Spears, umwe mu bahanzikazi b’ibihe byose mu njyana ya Pop, yongeye gutungurana afata icyemezo gikomeye ku rugendo rwe rwa muzika, aho yagurishije uburenganzira ku bihangano bye byose mu masezerano bivugwa ko arenga miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika...
Uwahoze ari umudepite wa Kawempe South, Mubaraka Munyagwa, yasubije ku magambo aherutse kuvugwa na King Saha, ibintu byakomeje kongera ubushyamirane yabo bumaze iminsi bututumba. Uku guterana amagambo hagati y’aba bombi kwatangiye nyuma y’uko hasakaye amashusho yerekana King Saha...
Umucuruzi akaba anakora ibijyanye n’imyidagaduro Zari Hassan, yatangaje ko ku munsi w’abakundanye (Saint Valentin) atazashyigikira abagore bumva ko bagomba kwigirira impuhwe. Uyu mugore wamamaye nka Boss Lady, ubu akaba yarashakanye na Shakib Luataaya, yatanze ubutumwa bukomeye bwari bugenewe...
Umuhanzi ykee Benda yanenze ibihembo bya Zzina Awords 2026, avuga ko Joshua Baraka atahawe ishimwe rihahije rikiye ibyo yakoze. Nubwo Joshua Baraka yegukanye igihembo cy’indirimbo nziza mu njyana ya Contemporary Urban Song abikesha indirimbo Wrong Places yakoranye na...
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yongeye kwandika amateka aba umugore wa mbere wo muri Afurika ugeze ku ndirimbo zirindwi (7) zigeze ku rutonde rukomeye rwa Billboard Hot 100 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Abahanzi babiri bakomeye mu muziki w’u Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, bongeye kugaragaza ko bahisemo inzira y’ubufatanye aho gukomeza gukurura imvugo z’ihangana zari zimaze imyaka igera kuri itatu zivugisha benshi mu myidagaduro yo mu gihugu. Nyuma y’ukuntu...
Umuhanzikazi Lilian Mbabazi yanenze bikomeye umunyamakuru w’imyidagaduro MC Kats, nyuma y’amagambo aherutse gutangaza avuga ko Ihuriro ry’Abahanzi muri Uganda (Uganda National Musicians Federation - UNMF) ritagize uruhare rugaragara mu gufasha umuhanzikazi Fille Mutoni mu gihe yari ari kwivuza...
Umukinnyi wa filimi akaba n’umushoramari mu muco, Eric Kabera, ari mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ari kwerekana ibikorwa bye no kuganira n’abayobozi batandukanye bo mu nzego z’imyidagaduro, ubucuruzi n’ubukerarugendo ku rwego...
Umuhanzi wa Dancehall, Richard Kasendwa, wamamaye nka Ziza Bafana, yatangaje ko imodoka ye shya iri mu bwoko bwa Marcedes-maybach aherutse kugutumiza hanze yamutwaye hafi miliyoni 180 z’amashingi ya Uganda. Mu kinganiro yagiranye n’itangazamakuru, Ziza Bafana yavuze ko nyuma...
Mbere y’uko umuhanzi w’icyamamare cyo muri Uganda Mowzey Radio yitaba Imana mu mwaka wa 20218, yari afite gahunda yo kwimukira mu Rwanda. Ziza Bafana wari inshuti magaraga ya Mowzey akanaba umwe mu bari hafi y’itsinda rya Goodlife, yatangaje...